• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

CAF Champions League: APR FC yasezerewe na Pyramids FC

October 5, 2025 ICK News 0

Ikipe ya APR FC yasezerewe rugikubita muri CAF Champions League nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC yo mu Misiri ibitego 3-0 mu mukino wo kwishyura […]

Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho gucuruza urumogi

October 4, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu batatu barimo abagabo babiri n’umugore umwe, bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi. Aba bafashwe […]

Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwemereye abagabo ikiruhuko cyo kubyara kingana n’icy’abagore

October 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Urukiko Rukuru rwa Afurika y’Epfo rwafashe umwanzuro w’uko ababyeyi bose b’umwana wavutse bagomba guhabwa ikiruhuko cyo kubyara kingana, bidashingiye ku kuba ari umugabo cyangwa umugore […]

Akarwa k’Abakobwa: Amateka y’ihohoterwa ry’umwana w’umukobwa mu Rwanda

October 4, 2025 ICK News 0

Ugeze ku biro by’akarere ka Nyamasheke ahitwa ku Kabeza werekeza mu Mataba, ku kigo cy’amashuri kitwa Sainte Famille Nyamasheke, umanutse gato muri metero magana atanu […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 632

October 4, 2025 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, yazamuye mu ntera abasirikare 632 bari basanzwe bafite ipeti rya Sous-Lieutenant, […]

No Image

Sean “Diddy” Combs yakatiwe igifungo cy’imyaka ine

October 4, 2025 Kabano Patrick 0

Ku wa Gatanu tariki 3 Ukwakira 2025, umuraperi w’Umunyamerika Sean Diddy Combs yakatiwe igifungo cy’imyaka 4 n’amezi 2 n’urukiko rwo muri Leta ya New York, […]

Kudasinzira neza bishobora gutera gusaza k’ubwonko imburagihe — Ubushakashatsi

October 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashakashatsi batangaje ko gusinzira nabi byihutisha gusaza k’ubwonko, bigatuma buboneka nk’aho bushaje kurusha uko bwakabaye bumeze. Ibi byagaragajwe n’ubu bushakashatsi buheruka gushyirwa ahagaragara n’ikinyamakuru gicishwamo […]

Ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byanyu – Perezida Kagame abwira abofisiye bashya

October 3, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye abofisiye bashya 1029 bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant kurangwa n’ubwitange, umurava, n’umurimo […]

Gatsibo: Abaturage barasabwa kubyaza umusaruro icyumba mpahabwenge bahawe

October 3, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Abaturage bo mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo barasabwa gukoresha neza icyumba mpahabwenge (Service Access Point) bahawe, mu rwego rwo kongera ubushobozi bwabo […]

U Budage: Ikibuga cy’indege cya Munich cyafunzwe amasaha arindwi kubera Drones zahagaragaye

October 3, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Munich cyafunzwe mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuwa Kane, mu gihe cy’amasaha hafi arindwi, nyuma y’uko mu kirere cyacyo hagaragaye […]

Posts pagination

« 1 … 60 61 62 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS