• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK
No Image

Kenya: Indege yari itwaye abantu 12 yahiye irakongoka

October 28, 2025 ICK News 0

Indege itwaye abantu 12 yakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Kenya, nk’uko byemezwa n’ikigo cy’indege za gisivile. […]

RPL: Amakipe yo mu Rwanda yemerewe amafaranga muri shampiyona yongewemo amakipe yo muri Sudan

October 28, 2025 Ibyimana Cofi 0

Umuyobozi wa Rwanda Premier League (RPL), Mudaheranwa Yussuf, yatangaje ko buri kipe yo mu Rwanda izahabwa inkunga ya miliyoni 4,5 Frw kubera imikino itandatu yiyongereye […]

Angélique Kidjo yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

October 27, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi mpuzamahanga Angélique Kidjo ukomoka muri Bénin yongeye kwandika amateka nyuma yo guhabwa igihembo cy’ikirenga“The Best of Africa Lifetime Achievement Award”, igihembo gihabwa umuntu wagize […]

Cameroon: Perezida ukuze ku isi yongeye gutorerwa manda nshya

October 27, 2025 ICK News 0

Perezida wa Cameroon w’imyaka 92, Paul Biya, yatangajwe n’Urukiko rushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko ari we watsinze amatora yateje impaka cyane. Yagize amajwi 53.7%, […]

Cameroon: Bane bapfiriye mu myigaragambyo mbere y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora

October 27, 2025 ICK News 0

Mu murwa mukuru w’ubukungu wa Cameroon, Douala, haravugwa urupfu rw’abantu bane n’abandi benshi bakomerekeye mu myigaragambyo yaturutse ku kutumvikana ku byavuye mu matora ya perezida […]

Real Madrid yatsinze FC Barcelona mu mukino wari utegerejwe na benshi

October 26, 2025 Ibyimana Cofi 0

Ku mugoraba wo kuri iki cyumweru, tariki ya 26 Ukwakira 2025, ikipe ya Real Madrid yatsinze FC Barcelona ibitego 2–1 mu mukino wa mbere wa […]

U Bufaransa: Babiri bakekwaho kwiba imirimbo mu nzu ndangamurage ya Louvre bafashwe

October 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa, aravuga ko abantu babiri bakekwaho kwiba imirimbo y’agaciro kadasanzwe yari ibitswe mu nzu ndangamurage ya Louvre i Paris mu […]

Nyamagabe: Abahinzi bibukijwe ko kuhira ibihingwa bidasaba gukoresha imashini gusa

October 26, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisitiri w´ubuhinzi n’ubworozi, Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abahinzi guhindura imyumvire, bakareka kwibwira ko kuhira imyaka bisaba gusa gukoresha imashini. Ibi yabigarutseho, ubwo bari mu […]

Muhanga: Abanyeshuri ba ICK bifatanyije n’abaturage ba Nyamabuye mu muganda wo gutera ibiti

October 25, 2025 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa Gatandatu, abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), bibumbiye mu itsinda ribungabunga ibidukikije, bifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Nyamabuye […]

Kirehe: Abaturage barasabwa kudaha akato abafite uburwayi bwo mu mutwe

October 24, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe, bwasabye buri wese kudaha akato umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe, ahubwo ko bagomba kwitabwaho. Ibi byagarutsweho na Meya Rangira Bruno, […]

Posts pagination

« 1 … 52 53 54 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS