• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Kiliziya Gatolika mu Rwanda igiye gutangiza Kaminuza yigisha Tewolojiya

June 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Antoni Kardinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, yatangaje ko hagiye gutangizwa ishuri ryigisha iyobokama (Tewolojiya) kugirango rifashe abogeza […]

Abarenga miliyoni 122 bamaze kuba impunzi kubera intambara mu 2025

June 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umubare w’abantu bavuye mu byabo kubera intambara n’akarengane ku isi hose wariyongereye ku buryo urenga miliyoni 122 muri uyu mwaka bitewe no kubura umuti w’intambara […]

Yubatse amashuri, arihira abanyeshuri…-Padiri Verdonck yasezeweho bwa nyuma

June 12, 2025 Muhire Obed 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025 nibwo Padiri Maurice Verdonck Adelin  yasezeweho bwa nyuma muri Paruwasi ya Musambira yo […]

U Buhinde: Abarenga 240 batikiriye mu mpanuka y’indege yakongotse

June 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege ya sosiyete ya Air India yari igiye i Londres mu Bwongereza itwaye abantu 242 yakoze impanuka hashize iminota itanu ihagurutse mu mujyi wo mu […]

Beijing’s Big Ship Sends a Big Message

June 12, 2025 Yann Scordia 0

China is making waves in the Pacific. On June 6, 2025, Beijing showcased one of its largest coast guard vessels, the Haixun 06, to ministers […]

UK Agrees to Return Chagos to Mauritius

June 12, 2025 Yann Scordia 0

A major shift in international politics is happening in the Indian Ocean. On May 22, 2025, the United Kingdom signed an agreement to return sovereignty […]

Turning the Tide for the Oceans

June 12, 2025 Yann Scordia 0

This week in Nice, France, the world’s attention has turned to the ocean. From June 9 to 13, the third United Nations Ocean Conference is […]

Papal Advisor Gives Goats to Help Children in Ngoma

June 12, 2025 ICK News 0

On Wednesday, June 11, – Professor Jean Paul Niyigena, the Papal Advisor on Education, has launched a youth empowerment initiative aimed at supporting economically vulnerable […]

Ngoma: Umujyanama wa Papa yatangije gahunda yo koroza abakiri bato

June 12, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Kamena 2025, Umujyanama wa Papa mu bijyanye n’Uburezi, Prof, Jean Paul Niyigena yatangije gahunda yo koroza abana bakiri […]

U Buhinde: Indege yari itwaye abantu 242 yakoze impanuka ku kibuga cy’indege cya Ahmedabad

June 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege ya Air India yari igiye i Londres itwaye abantu 242 yakoze impanuka hashize iminota mike ihagurutse mu mujyi wo mu burengerazuba bw’u Buhinde wa […]

Posts pagination

« 1 … 103 104 105 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS