RSF yashinjwe kwica abantu 300 ku munsi umwe muri Sudani
Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Sudani batangaje ko imibare y’abantu bicwe n’inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) kuwa gatandatu yageze kuri 300.” RSF imaze igihe […]
Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Sudani batangaje ko imibare y’abantu bicwe n’inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) kuwa gatandatu yageze kuri 300.” RSF imaze igihe […]
Guverinoma y’u Bwongereza imaze igihe muri gahunda yo kwimura Abanya-Afuganistani kubera impungenge z’uko bashobora guhigwa n’Abatalibani bakabagirira nabi nyuma y’uko bongeye gufata ubutegetsi kuko benshi […]
Umukambwe Fauja Singh, wamamaye cyane mu mikino yo gusiganwa ku maguru izwi nka Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114, nk’uko Polisi yo mu Buhinde yabitangaje.Amakuru […]
Inzego zishinzwe umutekano mu mujyi wa Altanta muri Leta Zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko indirimbo za Beyoncé zitarashyirwa ahagaragara ziri mu bintu byinshi byibiwe […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ibyaha nibura 253 by’ingengabitecyerezo ya Jenoside n’ibindi bifitanye isano nayo bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ abantu barenga 296, byakozwe […]
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda arashima ubufatanye Leta y’u Rwanda yagaragaje mu gushyigikira Ihuriro ry’Abepiskopi bo […]
Ku wa 30 Kamena 2025, Leta y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, yatangaje ishyirwaho ry’amabwiriza mashya ajyanye no gutuza abaturage. Aya mabwiriza agamije gukemura […]
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri w’Umutekano, Senzo Mchunu, kubera ibirego akurikiranyweho bimushinja kugira aho ahurira n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi. Mu ijambo […]
Perezida w’igihugu ukuze kurusha abanda ku Isi, Paul Biya w’imyaka 92, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya Cameroun azaba mu Ukwakira k’uyu mwaka. […]
Muhammadu Buhari, wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82 azize uburwayi. Uyu mugabo wari umaze igihe yivuriza mu Bwongereza, yashizemo umwuka ku cyumweru tariki […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS