Pariki ya Nyandungu yahawe igihembo
Ku wa 27 Nyakanga, Pariki ya Nyandungu yahawe igihembo cya ‘Star Wetland Centre Award’, nka kimwe mu bishanga 16 bya mbere ku isi bibungabunga ibidukikije […]
Ku wa 27 Nyakanga, Pariki ya Nyandungu yahawe igihembo cya ‘Star Wetland Centre Award’, nka kimwe mu bishanga 16 bya mbere ku isi bibungabunga ibidukikije […]
Abaturiye urugabano rw’uturere twa Ngoma na Kayonza cyane cyane abo mu Murenge wa Remera, Akagari ka Bugera, muri Kabeza, barasaba guhabwa umuriro w’amashanyarazi na bo […]
Aborozi bo mu bice bitandukanye by’u Rwanda bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ibiryo by’amatungo ryatumbagiye ku buryo bukabije. aho byikubye inshuro ebyiri cyangwa se zirenga nk’uko bamwe […]
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi n’ishoramari mu Rwanda bavuga ko ibyo bagezeho bitaturutse gusa mu mahirwe bahawe nk’abagore, ahubwo harimo no kugira ubushake mu kazi, […]
Leta y’u Bushinwa yatangiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzaba ari urwa mbere runini kw’isi mu ntara ya Tibet, umushinga wateje impugenge ku Buhinde na Bangladesh. Ibinyamakuru […]
Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu gihembwe cya mbere cy’ihinga cya 2025, umusaruro w’ubuhinzi mu Rwanda wagabanutse ugereranyije n’igihe nk’iki mu 2024. NISR, […]
Nubwo urubyiruko rugize igice kinini cy’Abanyarwanda, ubushakashatsi bwa Finscope 2024 bwerekana ko ari bake mu rubyiruko bagana amabanki basaba inguzanyo. Igitutu cy’ingwate, kubura amakuru ahagije […]
Abaturage bahinga kawa bo mu murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyaruguru barishimira impinduka nziza bagenda babona mu mibereho yabo nyuma y’uko uruganda Nyakizu Mountain […]
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru, by’umwihariko mu Murenge wa Kibeho, bakomeje kwishimira iterambere bamaze kugeraho kubera ingendo nyobokamana zikorerwa ku butaka butagatifu […]
Nyuma y’uko Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe Ibidukikije (GEF) kigeneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 18 z’amadolari y’Amerika (angana na miliyari 25 z’amafaranga y’u Rwanda), biteganyijwe ko […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS