Washington: Iby’ingenzi byaranze ibiganiro byo gushakira amahoro Ukraine
Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]
Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky azajya i Washington DC ku wa Mbere guhura na Donald Trump, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Umubare w’abamaze guhitanwa n’imyuzure n’inkangu biterwa n’imvura ikabije imaze iminsi igwa muri Pakistan no muri Kashmir iyoborwa na Pakistan ukomeje kwiyongera cyane, aho abantu 307 […]
bamwe mu bagize ubuyobozi bw’Inzibacyuho iyoboye Sudan basuye Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kugira ngo barebe aho imirimo yo kugisana igeze, nyuma y’imyaka irenga ibiri […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko igihugu cye kizanga icyifuzo icyo ari cyo cyose cy’u Burusiya cyuko ireka agace ka Donbas nk’ingurane yo kugira […]
Umunyamakuru ukomeye wa Al Jazeera, Anas Al Sharif, wari warigeze guterwa ubwoba na Isiraheli, yicanwe hamwe n’abo bakoranaga bane mu gitero cy’indege cya Isiraheli muri […]
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, inzego z’umutekano zarashe abagabo babiri bari bakurikiranyweho icyaha cyo kwica abazamu barindaga ububiko […]
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Guardian ku gitero cyamaze amasaha 72 cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) kuri site ya Zamzam mu gihugu cya Sudani, […]
Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku […]
Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama, Abaminisitiri babiri bo muri Ghana hamwe n’abandi bantu batandatu baguye mu mpanuka ya kajugujugu. Iyi mpanuka yatewe […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS