Perezida Kagame yitabiriye inama ku ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri i Paris
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026 yitabiriye inama mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’ikoreshwa ry’ingufu […]
