• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Uganda: Abimuwe kubera ibikorwa byo kubaka umuyoboro wa peteroli barataka ko bahawe ingurane zidahagije

April 3, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa kabiri w’iki cyumweru umuryango udaharanira inyungu Haki Defenders Foundation ukorera i Kampala hamwe na Kaminuza ya Sheffield basohoye raporo ishingiye ku biganiro bagiranye n’abantu […]

Trump yatangaje imisoro ku bihugu, u Bushinwa n’Umuryango w’Uburayi byiyemeza kwihimura

April 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]

Congo yakuriyeho igihano cy’urupfu Abanyamerika bashatse guhirika ubutegetsi

April 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko ibihano by’urupfu byari byarafatiwe abaturage batatu bafite ubwenegihugu bwa Amerika nyuma yo guhamwa n’ibyaha […]

U Burusiya bwakoze ibyaha by’intambara birenga 183,000 muri Ukraine – Perezida Zelensky

April 1, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 31 Werurwe, Perezida Volodymyr Zelenskiy yasabiye u Burusiya guhanwa kubera ibyaha birenga 183,000 bivugwa ko byanditswe na Ukraine kuva […]

Espagne: Abantu batanu bapfiriye mu iturika ry’ikirombe

March 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]

Koreya y’Epfo, u Bushinwa, n’u Buyapani birashaka kwihimura kuri Trump

March 31, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, Koreya y’Epfo, u Bushinwa n’u Buyapani bagiranye ibiganiro by’ubukungu hagamijwe koroshya ubucuruzi mu karere. Ibi biganiro bibaye […]

Amafoto: Abayisilamu bizihije Eid al-Fitr hirya no hino ku Isi

March 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Uyu munsi tariki ya 30 Werurwe 2025, Abayisilamu bo hirya no hino ku Isi bizihije Eid al-Fitr, umwe mu minsi mikuru ikomeye kuri kalindari y’idini […]

Vatikani ishobora gukoresha ubundi buryo bw’imiyoborere mu gihe Papa Fransisiko arimo koroherwa

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Umunyamabanga wa Leta ya Vatikani, Kardinali Pietro Parolin yavuze ko Vatikani iteganya gushaka uburyo bushya bwo kuyobora Kiliziya mu gihe Papa Fransisiko yabura imbaraga zituma […]

Nabyitwayemo nabi-Musenyeri Welby wa Canterbury yavuze ku cyatumye yegura

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Justin Welby wahoze ari Musenyeri Mukuru wa Canterbury yatangaje ko atigeze akurikirana bihagije ibirego by’ihohoterwa ryakorewe mu Itorero Angilikani ry’u Bwongereza kubera ko ubwinshi bwabyo […]

Myanmar: Umubare w’abazize umutingito umaze kurenga 1,000

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Umubare w’abapfuye bitewe n’umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye Myanmar wageze ku bantu barenga 1,000 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukura imibiri myinshi […]

Posts pagination

« 1 … 43 44 45 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS