Espagne:19 bakekwaho kwica abimukira 50 bafashwe
Polisi ya Espagne ivuga ko yafashe abantu 19 bakekwaho ubwicanyi no gukorera abantu iyicarubozo, nyuma y’uko abamikira barenga 50 bari mu bwato bwavaga muri Senegali […]
Polisi ya Espagne ivuga ko yafashe abantu 19 bakekwaho ubwicanyi no gukorera abantu iyicarubozo, nyuma y’uko abamikira barenga 50 bari mu bwato bwavaga muri Senegali […]
Abantu bitwaje intwaro bari ku mapikipiki barashe abanTu 22 barabica, aho benshi muri bo bari bitabiriye ibirori bya batisimu, mu gitero cyagabwe ku mudugudu wo […]
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zatangaje ko drone nto itagira abapilote yakoreye impanuka mu karere ka Rutsiro ku wa kabiri ikomeretsa abanyeshuri batatu. Itangazo rya RDF […]
Kuri uyu wa Kabiri, Abanya-Malawi bazindukiye mu matora ya Perezida n’ay’abadepite, nyuma y’imyaka itanu y’ibihe bitoroshye byaranzwe no gukomera kw’ibibazo by’ubukungu muri iki gihugu giherereye […]
Nubwo mu itangazamakuru hakomeje kugaragara inkuru z’uko papa ashobora gufasha mu buhuza hagati y’u Burusiya na Ukraine, Papa Leo XIV yavuze ko Vatikan idashoboka gukora […]
Ku cyumweru, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko ryatangiye gukingira abakora mu buzima bafite ibyago byo kwandura virus ya Ebola n’abantu bahuye […]
Tomeka Thiam, umugore w’umuhanzi w’icyamamare Akon, yamaze gutanga ikirego mu rukiko asaba gatanya n’umugabo we, aho avuga ko ibibazo bafitanye byananiranye gukemuka binyuze mu bwumvikane. […]
Ku wa Gatanu Vatikani yatangaje ko Papa Leo IV yahaye amabwiriza abepiskopi bashya ba Kiliziya Gatolika yo guhangana n’ihohoterwa rikorwa n’abapadiri no kudahishira ibirego by’imyitwarire […]
Ku mbuga nkoranyamambaga zo muri Uganda hakwirakwiye amashusho agaragaza itsinda Fangone Forest rya Alien Skin, ritera ubwoba Dr. Jose Chameleone, nyuma y’uko uyu muhanzi anenze […]
Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yatangaje ko igihugu ayoboye cyemeye kwakira abaturage bo mu Burengerazuba bwa Afurika birukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS