Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahli Tripoli yo muri Libya
Myugariro w’Umunyarwanda Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahli Tripoli yo muri Libya, nyuma y’uko impande zombi zumvikanye ku gusesa amasezerano zari zifitanye. Manzi yari amaze […]
Myugariro w’Umunyarwanda Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahli Tripoli yo muri Libya, nyuma y’uko impande zombi zumvikanye ku gusesa amasezerano zari zifitanye. Manzi yari amaze […]
Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]
Umutoza mushya wa Real Madrid, José Mourinho, yavuze ko amakenga no kuzuyaza kwa Rodrigo Hernández “Rodri” ari byo byatumye iyi kipe ihagarika ibiganiro byo kumusinyisha, […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yasabye abayobozi n’abafatanyabikorwa mu rwego rw’amazi n’isuku muri Afurika gushyira imbaraga mu bikorwa bifatika, aho gukomeza kugarukira ku […]
Ku Cyumweru, tariki ya 16 Kanama 2026, muri Hotel Splendid Muhanga, habereye igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, cyateguwe na Chorale Saint Pierre Gitarama mu rwego […]
Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihiza Umunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsiko […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]
Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]
Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS