• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Abarimu batazi Icyongereza bazahugurwa aho kwirukanwa – Minisitiri Nsengimana

July 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ko abarimu batazi icyongereza batazirukanwa ahubwo abamara impungenge avuga ko bazahugurwa kuri urwo rurimi hagamijwe kuzamurwa urwego rwabo kugira ngo […]

Guverineri Kayitesi Alice arasaba abaturage kwirinda ubucukuzi bwangiza ibidukikije

July 31, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Kuwa kabiri w’iki cyumweru , ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice, yaganiraga n’abari bitabiriye inteko rusange y’abaturage bo mu Karere ka Muhanga , Umurenge […]

Kamonyi: Ubuyobozi burizeza ko ishuri rya Nyabitare rizaba rifite amashanyarazi bitarenze Nzeri 2025

July 31, 2025 Muvunankiko Valens 0

Ababyeyi batuye mu Mudugudu wa Remera, mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi, barishimira ko begerejwe Ishuri ribanza rya Nyabitare, […]

Inama y’Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry’amashuri mashya n’ingamba zo kurengera ibidukikije

July 31, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Inama y’Abaminisitiri, yateranye kuwa gatatu tariki ya 30 Nyakanga 2025. iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje imyanzuro igamije kwihutisha iterambere ry’igihugu, cyane cyane […]

Icyayi n’ikawa byaje ku isonga mu byazamuye ibiciro mu nganda – NISR

July 30, 2025 Muvunankiko Valens 0

Raporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu  wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga 2025, yagaragaje ko habaye izamuka rikabije ry’ibiciro mu nganda, cyane […]

Ni ibiki bikubiye mu igenamigambi rya miliyari 49 Frw ryo guteza imbere urubyiruko mu myaka itanu iri mbere?

July 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangije igenamigambi ry’imyaka itanu (2024-2029) rigenewe urubyiruko rifite agaciro ka miliyari 49 Frw, rigamije guhindura imibereho y’urubyiruko binyuze mu ihangwa ry’imirimo, ubucuruzi, […]

Abepiskopi Gatolika b’Abanyafurika barenga 250 bateraniye mu Rwanda mu nama ya SECAM

July 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abayobozi ba Kiliziya Gatolika barenga 250 baturutse hirya no hino muri Afurika bahuriye i Kigali kuva kuri uyu wa 30 Nyakanga kuzageza ku wa 4 […]

Iterambere rya Basketball mu Rwanda ikomeje kwigarurira imitima ya benshi

July 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu gihe siporo ikomeje gufatwa nk’urufunguzo rwo guteza imbere ubukungu n’imibanire y’abantu, umukino wa Basketball uri kwigarurira imitima y’Abanyarwanda n’abanyamahanga basura u Rwanda. Uko imyaka […]

NISR yatangaje ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 3.4%

July 29, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2025, Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurushamibare, NISR ku miterere y’umurimo muri uyu mwaka (LFS 2025 Q2) bwagaragaje ko igipimo cy’ubushomeri cyagabanyutseho […]

U Bushinwa bukomeje gutera inkunga ababyeyi hagamijwe kongera abavuka

July 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Hashize hafi imyaka icumi Leta y’u Bushinwa ikuyeho politiki yo kubyara umwana umwe, ariko imibare igaragaza ko igipimo cy’abana bavuka gikomeje kugabanuka uko iminsi ihita. […]

Posts pagination

« 1 … 47 48 49 … 122 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS