• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Afghanistan: Gushakisha abagihumeka birakomeje nyuma y’umutingito wahitanye abarenga 800

September 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi bifashishije indege za kajugujugu bakomeje gushakisha abantu mu matongo y’inzu zo mu midugudu y’icyaro yo mu burasirazuba bwa Afghanistan, bashakamo abarokotse umutingito […]

2025-2026: Ikipe ya Mukura Victory Sport irateganya gukoresha miliyoni 400 y’u Rwanda‎

September 1, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ibikorwa bya Mukura VS, Protais Musoni, yatangarije abanyamuryango b’iyi kipe ko muri uyu mwaka mushya w’imikino bazakoresha miliyoni 400 Frw mu bikorwa […]

Ishusho ya wikendi mu mikino: Maroc yegukanye CHAN 2024, naho Arsenal, Man City, na Tottenham ziratsindwa

September 1, 2025 Manishimwe Janvier 0

Mu mpera z’icyumweru dusoje cyari n’icyanyuma mu kwezi kwa Kanama 2025, amakuru y’imikino yari menshi by’umwihariko I Nairobi hasorezwaga imikino y’igikombe cy’Afurika cyabakina imbere mu […]

Igihe amanota y’abanyeshuri biga muri A’Level azatangarizwa cyamenyekanye

August 29, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko ku wa mbere tariki ya 1 Nzeri 2025 saa cyenda z’amanywa aribwo izatangaza ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri bose bakoze ibizamini bya […]

CECAFA Kagame Cup 2025: APR FC yisanze mu itsinda B

August 28, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA) bwashize amakipe 12 arimo APR FC ya hano mu Rwanda mu matsinda atatu azakina CECAFA […]

Abahanzi 17 begukanye ibihembo muri Art Rwanda Ubuhanzi All Stars Edition

August 28, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Abanyempano 17 nibo begukanye ibihembo muri Art Rwanda Ubuhanzi All Stars Edition, irushanwa ryitabiriwe n’abanyempano basaga 140, ryari rimaze iminsi ibiri ribera i Kabuga mu […]

NESA yatangaje uko gahunda y’ingendo z’abanyeshuri iteguye

August 28, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri biga bacumbikirwa, bazatangira gusubira ku mashuri kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 8 Nzeri […]

Gakenke: Hateguwe Youth Talent Festival bwa mbere

August 28, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ku nshuro ya mbere, Akarere ka Gakenke kateguye ‘Talent Festival’ yitezweho kuzamura impano zitandukanye z’urubyiruko rwo muri aka Karere zikagaragara ndetse zikanarugirira umumaro. Youth Talent […]

RwandAir yaguze Indege ebyiri zo mu bwoko bwa Boeing 737‑800

August 27, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko mu rwego rwo kongera ubushobozi bwayo mu guhuza Afurika n’ibindi bihugu, yamaze kugura indege ebyiri nshya […]

U Rwanda na Mozambique biyemeje kongera ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba

August 27, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

None tariki ya 27 Kanama 2025, Guverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique zavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no guhangana n’iterabwoba. Uyu muhango wayobowe na Perezida Paul […]

Posts pagination

« 1 … 56 57 58 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS