• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Tuyiringire Esdras

Gicumbi: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima AIMPO ikomeje kubafasha kwiteza imbere

September 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba mu Kagari ka Ngondore barashima umumaro w’Umuryango ushizwe kwita ku buzima bw’abasigajwe inyuma n’amateka […]

Byinshi ukeneye kumenya ku muvuduko ukabije w’amaraso

August 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Musanze: Ambasaderi w’Ubushinwa yasuye Ishuri rya Wisdom School

June 13, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kuri uyu wa 12 Kamena 2024, Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun yasuye Ishuri ryigenga rya Wisdom School riherereye mu Karere ka Musanze. Iri shuri […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Muhanga-Nyarusange: Bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku mashuri y’i Gasharu

May 16, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abaturage bo mu Kagari ka Mbiriri, Umurenge wa Nyarusange ho mu Karere ka Muhanga bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku Kigo cy’amashuri abanza cya Gasharu. Abaturage […]

Minisitiri Dr. Musafiri na Gen (Rtd) Kabarebe bifatanyije n’abatuye Gasabo mu Kwibuka30

April 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu mugoroba wo ku wa 10 Mata 2024, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ildephonse Musafiri n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe […]

Exploring Macro Invertebrates: Key Players in Aquatic Health

April 2, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Twagirayezu Edmond, a researcher at COEB, has dedicated four years to studying freshwater macroinvertebrates, vital components of aquatic ecosystems. These small creatures, visible to the […]

Posts pagination

« 1 2

AMAKURU MASHYA

  • Musenyeri Hodari yasabye abiga muri EP St. Stanislas bahawe Amasakramentu yibanze gukunda Yezu nk’uko nawe abakunda

    Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abana 60 bahawe amasakaramentu y’ibanze muri Ecole Primaire Saint Stanislas Ruyenzi kwakirana umutima […]

  • Pariki ya Nyandungu igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubugeni n’ibidukikije

    Pariki ya Nyandungu, imwe mu hantu nyaburanga hakomeje gukurura abakerarugendo benshi mu Mujyi wa Kigali, igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga rizahuza abahanzi n’abanyabugeni bo hirya no […]

  • Perezida Kagame yakiriye intumwa z’abayobozi b’ibigo bikomeye byo muri Panama

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa zigizwe n’abanyamuryango 19 b’umuryango Mpuzamahanga w’Abayobozi Bakiri Bato b’Ibigo n’Abashoramari (Young Presidents’ Organization), YPO, n’abo bashakanye, […]

  • Afurika y’Epfo: Imyigaragambyo yamagana abimukira ikomeje gufata intera

    Imyigaragambyo yamagana abimukira badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko ikomeje kwiyongera muri Afurika y’Epfo mu gihe igihugu cyitegura amatora y’inzego z’ibanze ateganyijwe kuba mu Ugushyingo uyu mwaka. […]

  • Abarerera muri College Sainte Marie Reine Kabgayi basabwe kutihunza inshingano zo kurera mu gihe cy’ibiruhuko

    Ababyeyi barerera mu Ishuri rya College Sainte Marie Reine Kabgayi, basabwe kurushaho kwita ku burere no gukurikirana abana babo mu gihe cy’ibiruhuko, kugira ngo bakomeze […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS