• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Tuyiringire Esdras

Gicumbi: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima AIMPO ikomeje kubafasha kwiteza imbere

September 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba mu Kagari ka Ngondore barashima umumaro w’Umuryango ushizwe kwita ku buzima bw’abasigajwe inyuma n’amateka […]

Byinshi ukeneye kumenya ku muvuduko ukabije w’amaraso

August 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Musanze: Ambasaderi w’Ubushinwa yasuye Ishuri rya Wisdom School

June 13, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kuri uyu wa 12 Kamena 2024, Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun yasuye Ishuri ryigenga rya Wisdom School riherereye mu Karere ka Musanze. Iri shuri […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Muhanga-Nyarusange: Bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku mashuri y’i Gasharu

May 16, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abaturage bo mu Kagari ka Mbiriri, Umurenge wa Nyarusange ho mu Karere ka Muhanga bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku Kigo cy’amashuri abanza cya Gasharu. Abaturage […]

Minisitiri Dr. Musafiri na Gen (Rtd) Kabarebe bifatanyije n’abatuye Gasabo mu Kwibuka30

April 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu mugoroba wo ku wa 10 Mata 2024, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ildephonse Musafiri n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe […]

Exploring Macro Invertebrates: Key Players in Aquatic Health

April 2, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Twagirayezu Edmond, a researcher at COEB, has dedicated four years to studying freshwater macroinvertebrates, vital components of aquatic ecosystems. These small creatures, visible to the […]

Posts pagination

« 1 2

AMAKURU MASHYA

  • Want to study Nursing or Midwifery? ICK announces financial support

    Institut Catholique de Kabgayi (ICK), in partnership with CHANCEN International Rwanda, has opened applications for financial support for students seeking to join the September 2026 […]

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihiza Umunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsiko […]

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS