• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Tuyiringire Esdras

Gicumbi: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima AIMPO ikomeje kubafasha kwiteza imbere

September 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba mu Kagari ka Ngondore barashima umumaro w’Umuryango ushizwe kwita ku buzima bw’abasigajwe inyuma n’amateka […]

Byinshi ukeneye kumenya ku muvuduko ukabije w’amaraso

August 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Musanze: Ambasaderi w’Ubushinwa yasuye Ishuri rya Wisdom School

June 13, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kuri uyu wa 12 Kamena 2024, Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun yasuye Ishuri ryigenga rya Wisdom School riherereye mu Karere ka Musanze. Iri shuri […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Muhanga-Nyarusange: Bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku mashuri y’i Gasharu

May 16, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abaturage bo mu Kagari ka Mbiriri, Umurenge wa Nyarusange ho mu Karere ka Muhanga bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku Kigo cy’amashuri abanza cya Gasharu. Abaturage […]

Minisitiri Dr. Musafiri na Gen (Rtd) Kabarebe bifatanyije n’abatuye Gasabo mu Kwibuka30

April 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu mugoroba wo ku wa 10 Mata 2024, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ildephonse Musafiri n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe […]

Exploring Macro Invertebrates: Key Players in Aquatic Health

April 2, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Twagirayezu Edmond, a researcher at COEB, has dedicated four years to studying freshwater macroinvertebrates, vital components of aquatic ecosystems. These small creatures, visible to the […]

Posts pagination

« 1 2

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Abahinzi bo muri Koperative COPARWAMU barasaba kwagurirwa ubwanikiro

    Abahinzi bibumbiye muri Koperative COPARWAMU ihinga ibigori mu gishanga cya Rwansamira, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, barataka ikibazo cy’ubwanikiro budahagije kandi bushaje, […]

  • Kugira abahanga badafite ubumuntu ntacyo bimaze – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

    Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) gushyira imbere ubumuntu n’indangagaciro, agaragaza ko ubumenyi budafite umutima w’ubumuntu nta musaruro bufitiye […]

  • Rwanda Premier League yahannye abakinnyi babiri bazira imyitwarire idahwitse

    Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwafatiye ibihano abakinnyi babiri bakinira Etincelles FC na APR FC, nyuma y’ibikorwa byabagaragayeho mu mukino w’umunsi wa 27 wabereye kuri […]

  • Umurage wasizwe na Papa Fransisiko umaze umwaka yitabye Imana  

    Kuri uyu wa Kabiri Tariki 21 Mata 2026, umwaka umwe uruzuye Papa Fransisiko atabarutse, kuko byabaye ku wa 21 Mata 2025, nyuma yo ku mara […]

  • RIB yerekanye abantu icyenda bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye

    Kuri uyu wa 21 Mata 2026 ku cyicaro gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ herekanywe amatsinda abiri y’abantu icyenda mu icumi bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS