• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Tuyiringire Esdras

Gicumbi: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima AIMPO ikomeje kubafasha kwiteza imbere

September 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba mu Kagari ka Ngondore barashima umumaro w’Umuryango ushizwe kwita ku buzima bw’abasigajwe inyuma n’amateka […]

Byinshi ukeneye kumenya ku muvuduko ukabije w’amaraso

August 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Musanze: Ambasaderi w’Ubushinwa yasuye Ishuri rya Wisdom School

June 13, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kuri uyu wa 12 Kamena 2024, Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun yasuye Ishuri ryigenga rya Wisdom School riherereye mu Karere ka Musanze. Iri shuri […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Muhanga-Nyarusange: Bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku mashuri y’i Gasharu

May 16, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abaturage bo mu Kagari ka Mbiriri, Umurenge wa Nyarusange ho mu Karere ka Muhanga bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku Kigo cy’amashuri abanza cya Gasharu. Abaturage […]

Minisitiri Dr. Musafiri na Gen (Rtd) Kabarebe bifatanyije n’abatuye Gasabo mu Kwibuka30

April 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu mugoroba wo ku wa 10 Mata 2024, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ildephonse Musafiri n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe […]

Exploring Macro Invertebrates: Key Players in Aquatic Health

April 2, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Twagirayezu Edmond, a researcher at COEB, has dedicated four years to studying freshwater macroinvertebrates, vital components of aquatic ecosystems. These small creatures, visible to the […]

Posts pagination

« 1 2

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

  • Muhanga: Bamwe mu banyeshuri barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire 

    Bamwe mu banyeshuri bo mu Karere ka Muhanga batsinzwe amasomo amwe n’amwe barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire kugira ngo bazatangire amasomo muri Nzeri bari ku rwego […]

  • Muhanga: Bamwe mu baturage barinubira amazi meza adahagije

    Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga bavuga ko bamaranye igihe ikibazo cy’amazi meza adahagije, ndetse n’aje rimwe na rimwe akaba asa nabi, bikabagiraho […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS