• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Tuyiringire Esdras

Gicumbi: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima AIMPO ikomeje kubafasha kwiteza imbere

September 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba mu Kagari ka Ngondore barashima umumaro w’Umuryango ushizwe kwita ku buzima bw’abasigajwe inyuma n’amateka […]

Byinshi ukeneye kumenya ku muvuduko ukabije w’amaraso

August 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Musanze: Ambasaderi w’Ubushinwa yasuye Ishuri rya Wisdom School

June 13, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kuri uyu wa 12 Kamena 2024, Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun yasuye Ishuri ryigenga rya Wisdom School riherereye mu Karere ka Musanze. Iri shuri […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Muhanga-Nyarusange: Bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku mashuri y’i Gasharu

May 16, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abaturage bo mu Kagari ka Mbiriri, Umurenge wa Nyarusange ho mu Karere ka Muhanga bahangayikishijwe n’itenguka ry’umuhanda werekeza ku Kigo cy’amashuri abanza cya Gasharu. Abaturage […]

Minisitiri Dr. Musafiri na Gen (Rtd) Kabarebe bifatanyije n’abatuye Gasabo mu Kwibuka30

April 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu mugoroba wo ku wa 10 Mata 2024, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ildephonse Musafiri n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe […]

Exploring Macro Invertebrates: Key Players in Aquatic Health

April 2, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Twagirayezu Edmond, a researcher at COEB, has dedicated four years to studying freshwater macroinvertebrates, vital components of aquatic ecosystems. These small creatures, visible to the […]

Posts pagination

« 1 2

AMAKURU MASHYA

  • Nyaruguru: Abonerwa n’inyamaswa zo muri Nyungwe baratabaza

    Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyabimata, mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko inyamaswa ziva muri Pariki y’Igihugu ya Nyungwe zibonera imyaka, bikabahombya ndetse […]

  • Ibiribwa si uburenganzira gusa, ni ubuzima bw’abantu – Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibiribwa bidakwiye gufatwa gusa nk’uburenganzira bwa muntu, ahubwo ko ari ishingiro ry’ubuzima ubwabwo, kuko nta muntu […]

  • Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yagaragaje ibibazo bitatu Afurika igomba gusubiza mu kubaka urwego rw’ibiribwa rukomeye

    Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye ko Afurika iva ku mihigo n’ibyifuzo ikajya mu bikorwa bifatika mu rwego rwo guhindura no gukomeza urwego rw’ibiribwa, igashyira […]

  • Impirimbanyi y’uburenganzira bw’abagore Gloria Steinem yitabye Imana afite imyaka 92

    Umunyamakuru, umwanditsi ndetse n’umunyapolitiki w’Umunyamerika wagize uruhare rukomeye mu guharanira uburenganzira n’uburinganire bw’abagore, yitabye Imana afite imyaka 92. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa […]

  • U Rwanda na Botswana byashimangiye ubufatanye mu bya gisirikare

    Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, yagiranye ibiganiro n’Umugaba w’Ingabo za Botswana (BDF), Gen Mpho Churchill Mophuting, bigamije gukomeza no gushimangira ubufatanye […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS