• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Daniel Niyonkuru

Perezida Kagame asaba urubyiruko rwa Afurika kugira uruhare mu gushaka ibisubizo, aho gutinda mu kunenga

September 26, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasabye urubyiruko rw’Afurika kugira uruhare rugaragara mu gukemura ibibazo byugarije umugabane, aho kuguma mu myumvire yo kunenga gusa. […]

Burkina Faso, Mali na Niger, byikuye mu rukiko rwa ICC

September 23, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Kuri uyu Kabiri, ibihugu bitatu byo muri Afurika y’uburengerazuba birimo Burkina Faso, Mali na Niger byatangaje ko byavuye mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICCI), aho byarwise […]

Malawi: Ababaruraga amajwi y’amatora batawe muri yombi bakekwaho uburiganya

September 20, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Polisi y’igihugu cya Malawi yatangaje ko yataye muri yombi abantu umunani bari bafite inshingano zo kubarura amajwi y’amatora, bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo guhindura […]

Menya amateka ya UCI itegura Shampiyona y’Isi y’Amagare

September 20, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ku cyumweru tariki ya 21 Nzeri 2025, Umujyi wa Kigali urandika amateka mashya mu mukino w’amagare, ubwo uzakira ku nshuro ya mbere Shampiyona y’Isi y’Amagare […]

Perezida Kagame yashyize mu nshingano abayobozi bashya

September 18, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye hagamijwe kunoza imikorere no kurushaho gushyira mu bikorwa gahunda za Guverinoma. Bikubiye […]

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 7.8% mu gihembwe cya kabiri cya 2025

September 18, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 7.8% mu gihembwe cya kabiri cya 2025, buvuye kuri 6.5% bwariho mu gihembwe cya mbere nk’uko bigaragazwa n’imibare […]

Hatangajwe ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi

September 17, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje kuri uyu wa Gatatu ko rwavuguruye ibiciro by’umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda . RURA ivuga ko ibi biciro bishya bigamije kurushaho kwegereza […]

Ibiciro bya Kanama 2025 byagabanutseho 0.2% ugereranyije na Nyakanga -NISR

September 11, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda NISR cyatangaje ko igipimo cy’ibiciro ku masoko (CPI) ari nacyo gipimo cy’ingenzi gikoreshwa mu kugenzura izamuka ry’ibiciro (inflation), cyagabanutseho […]

Mu Rwanda hageze drone zitwara abantu

September 3, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cyo mu Bushinwa China Road and Bridge Corporation (CRBC), kizobereye mu bikorwa byo kubaka imihanda, ibiraro, gari ya moshi […]

Igihe amanota y’abanyeshuri biga muri A’Level azatangarizwa cyamenyekanye

August 29, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko ku wa mbere tariki ya 1 Nzeri 2025 saa cyenda z’amanywa aribwo izatangaza ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri bose bakoze ibizamini bya […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 … 7 »

AMAKURU MASHYA

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS