• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Philbert Mbonigaba

Icyakorwa ngo gatanya zigabanuke

January 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Uko imyaka igenda ishira, niko ubwiyongere bwa gatanya bugenda bufata indi ntera mu Rwanda. Ibi bigaragazwa na raporo zitandukanye. Nko muri 2016, uyu mubare wari […]

Amahoro hagati ya Isiraheli na Hamas ashobora kuboneka vuba

January 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko ubuyobozi bwe buri hafi gushyira umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli […]

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]

U Budage n’u Bufaransa byaburiye Trump ushaka kwigarurira ibihugu birimo Canada

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko […]

Domestic RwandAir Passenger Numbers Surge by 280%

January 7, 2025 Philbert Mbonigaba 0

The National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) has reported a remarkable 280% increase in domestic air travel using RwandAir over the past three years. […]

Umunyarwanda uzigama 10,000Frw ku kwezi yagenda mu ndege

December 30, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Abanyarwanda benshi batekereza ko kugenda mu ndege bifite abo bigenewe kurusha abandi. Abatekereza gutyo, ahanini babiterwa no kumva ko badafite ubushobozi bubemerera kwigondera itike yayo. […]

Ibikubiye mu mushinga wa miliyari 30 Frw wo kuzamura imijyi yunganira Kigali

December 26, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Tariki ya 18 Ukuboza 2024, Guverinoma yashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya miliyari 30 z’amafaranga y’u Rwanda na Banki y’Ubudage itsura amajyambere (KfW). Iyi nkunga […]

Abakirisitu ba Paruwasi St. Andre Gitarama bahimbarije Noheli muri Kiliziya ivuguruye

December 25, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Abakirisitu Gatolika bo muri Paruwasi yisunze Mutagatifu Andereya, i Gitarama muri Diyosezi ya Kabgayi, basabwe n’ibyishimo byo kuba besheje umuhigo wabo wo guturira Igitambo cya […]

Usesagura amafaranga cyane mu minsi mikuru? Dore inama abahanga batanga

December 24, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Hirya no hino ku isi imyiteguro yo kwizihiza Noheli n’Ubunani irakomeje cyane ko Noheli ibura amasaha make, mu gihe Ubunani bubura iminsi itageze ku Umunani. […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 17 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS