• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Philbert Mbonigaba

2024: Lives, Billions Lost as Natural Disasters Escalate

October 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

As the world grapples with the escalating impacts of climate change, 2024 has witnessed a dramatic rise in natural disasters, affecting millions and inflicting economic […]

Ni nde wazaniye isi akaga k’ibiza biyugarije?

October 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Leta z’ibihugu bitandukanye hirya no hino ku isi, zikomeje guhangana n’ingaruka z’imihidagurikire y’ikirere muri iki gihe kubera ibiza bidasiba kwibasira isi. Uhereye ku nkubi z’umuyaga, […]

Inama ku mafunguro ya mu gitondo ku bagabo n’abagore bashaka kugabanya ibiro

October 10, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ifunguro rya mugitondo rikunze gufatwa nk’ifunguro ry’ingenzi ry’umunsi ariko abahanga basanze mu gihe cyo kugabanya ibiro, abagabo n’abagore bagomba guhitamo amafunguro atandukanye cyane. Abagabo bashaka […]

Mozambique: Bazindukiye mu matora yo guhitamo uzasimbura Perezida Nyusi

October 9, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Nzeri 2024, miliyoni 17 z’abaturage ba Mozambique zazindukiye mu matora rusange y’umukuru w’igihugu ashobora guha intsinzi ishyaka ‘Frelimo’ […]

Umufaransa Onana mu rukiko ku kirego cyo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi

October 7, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Ukwakira 2024, umwanditsi w’ibitabo w’Umufaransa, ukomoka muri Cameroun, Charles Onana, yatangiye kuburanishirizwa i Paris mu Bufaransa ku kirego […]

Tunisia: Rwanda participates in ACCESS Conference and Summer School 2024

October 4, 2024 Philbert Mbonigaba 0

From October 1 to 5, 2024, four higher learning institutions from Rwanda are participating in the final Conference and Summer School 2024 of the African […]

Rwanda Among Top Global Performers in 2024 Business Ready Report

October 4, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Rwanda has been ranked among top global performers in the World Bank’s 2024 Business Ready (B-READY) Report, leading Sub-Saharan Africa in all three pillars assessed. […]

Byinshi wamenya kuri kanseri y’ibere ihitana abarenga miliyoni 2 buri mwaka

October 4, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuva mu myaka yo mu 1980, Ukwakira, ni ukwezi kwahariwe gukora ubukangurambaga bwimbitse kuri Kanseri y’ibere mu Isi yose kuko ari indwara iri mu zihangayikishije […]

Abimukira 45 bapfiriye mu Nyanja Itukura, 61 baburirwa irengero

October 2, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ku wa kabiri, tariki ya 1 Ukwakira 2024, amato abiri yari atwaye abimukira yarohamye mu Nyanja itukura hafi y’inkombe za Djibouti, abantu 45 bahita bahasiga […]

Kenya: Perezida na Visi Perezida ntibacana uwaka

October 1, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yatewe ubwoba bwo kweguzwa ku mwanya we wo kungiriza William Ruto ku buyobozi bw’igihugu cya Kenya nyuma y’amakuru menshi […]

Posts pagination

« 1 … 12 13 14 … 17 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS