• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Jean d'Amour ISHIMWE

Yampaye amafaranga ijana ngo ngure icyo kurya, muheruka ubwo – Uwarokokeye Rebero ya Bugesera

April 15, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Kuri uyu wa 14 Mata mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ahatangiwe ubuhamya bwerekana […]

Sinshaka gupfa, tuve hano – ubuhamya bwa Murangwayire Liliane

April 9, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Mu 1986, ababyeyi ba Murangwayire Lillianne bafashe umwanzuro wo kumwohereza muri Komini Shyorongi, Akarere ka Nyarugenge y’ubu, ho mu mujyi wa Kigali. Uyu mwana uvuka […]

Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwima urwaho amacakubiri

April 8, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Loni, Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwirinda imiyoboro iyo ari yo yose yazana amacakubiri ashobora gusubiza abantu mu icuraburindi nk’iryatewe na […]

Abagore n’urubyiruko ku isonga mu basarura amafaranga y’ibihumyo

February 21, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ubuhinzi bw’ibihumyo bwahoze bufatwa nk’ubuhinzi bworoheje, bukomeje gukura no gutera imbere mu Rwanda. Kuri ubu, abahinzi b’ibihumyo barimo kubona inyungu zigaragara ndetse bigatanga amahirwe yo […]

ICK: Journalism Students Celebrate World Radio Day 2025

February 13, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Today, February 13, 2025 students from the Faculty of Journalism and Communication Studies at the Institut Catholique de Kabgayi (ICK), joined the global community in […]

ICK: Habereye igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa abarwayi

January 27, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]

ICK Welcomes January Intake Cohort

January 14, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

On January 13, 2025, the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) warmly welcomed its new cohort of students enrolled in various programs offered at the institution. […]

Impaka ku ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda

December 18, 2024 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Kenshi uzumva abantu bavuga ko kubona uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga ‘Perimi’ mu Rwanda bigoye ku buryo ngo hari abakora ikizamini inshuro zirenga eshatu batarabona perimi […]

Bugesera: Barinubira ikibazo cy’umuriro utagifite imbaraga

October 20, 2024 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Mayange ho mu Karere ka Bugesera barasaba ubuyobozi kubafasha gushakira umuti ikibazo cy’umuriro utagifite imbaraga no kuba ugenda bya […]

No Image

Kibangu: Barakangurirwa guteganya imbyaro hakoreshejwe uburyo bwa kamere

March 25, 2024 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Abakristu ba Paruwasi Gatolika ya Kibangu barakangurirwa guteganya imbyaro hifashishijwe uburyo bwa kamere kuko ari uburyo bwizewe kandi bukorwa mu bwumvikane bw’abashakanye. Ibi babisabwe na […]

Posts pagination

« 1 2

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro ka […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS