• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Iran: 51 bamaze gutakariza ubuzima mu iturika ry’ikirombe

September 22, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri iki cyumweru, taraki ya 22, Nzeri 2024, igitangazamakuru cya leta ya Iran cyatangaje ko abantu 51 bamaze guhitanwa n’iturika rya gazi yaturikiye mu kirombe […]

Betpawa Playoffs: APR BBC yatsinze Patriots BBC mu mukino wa gatanu

September 21, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Nzeri 2024, Ikipe y’ingabo z’igihugu mu mukino w’amaboko wa Basketball yatsinze Patriots BBC amanota 80 […]

Ubuzima: ½ cy’abatuye Isi ntibabona intungamubiri zihagije

September 21, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ubushakashatsi bwa ‘The Lancet Global Health’ bugaragaza ko kimwe cya kabiri cy’abatuye isi batarya intungamubiri zihagije mu mafunguro ya buri munsi bafata. Nk’uko ubu bushakashatsi […]

Rulindo: Abahinzi b’ibirayi barashima Caritas ya Byumba

September 21, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bahinzi b’ibirayi bo kuri site ya Kigarama mu Karere ka Rulindo barashima Caritas ya Diyosezi ya Byumba ikomeje kubafasha mu bijyanye no gutubura […]

Abatujwe n’Akarere ka Muhanga barashima  

September 21, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abaturage batujwe n’Akarere ka Muhanga kubwo kutagira aho kuba, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwabahinduriye ubuzima bakaba bakataje mu nzira y’iterambere. Abatujwe ni abataragiraga aho kuba n’abari […]

Basketball: APR W BBC yatwaye Igikombe cya Rwanda Cup

September 20, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’ingabo z’igihugu cy’ u Rwanda y’abagore yegukanye Igikombe cya Rwanda Cup ku nshuro ya mbere itsinze REG W BBC amanota 72 kuri 59. Ni […]

Muhanga: Barifuza kuvugururirwa isoko rya Nyabisindu

September 20, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abacururiza n’abagurira mu isoko rya Nyabisindu riherereye mu Karere ka Muhanga bavuga ko babangamiwe no kuba iri soko ritavuguruye kuko bituma ubuhahirane bidakorwa uko bikwiye. […]

Green Amayaga Project Revives Hope for Amayaga Region

September 20, 2024 ICK News 0

Kamonyi District Vice Mayor in Charge of Economic Affairs, Mr. Uzziel Niyongira, has announced that there is hope for the Amayaga region to regain its […]

Hari Icyizere ko amayaga azongera agatoha-V/Mayor Niyongira

September 20, 2024 Umutesi Aline 0

Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Kamonyi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Bwana Niyongira Uzziel aratangaza ko hari icyizere cy’uko amayaga azongera agatoha kubera umushinga ‘Green Amayaga’. Bwana Niyongira […]

Kuki hari abatarakuraho isakaro rya Asbestos? RHA igaragaza impamvu

September 20, 2024 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu (RHA) gishinzwe imiturire butangaza ko hari bamwe mu baturage bakomeje kwinangira bakaba badashaka guca ukubiri n’isakararo rya Fibro Sima (Asbestos). Ibi bigarukwaho […]

Posts pagination

« 1 … 129 130 131 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS