• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Inama y’Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry’amashuri mashya n’ingamba zo kurengera ibidukikije

July 31, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Inama y’Abaminisitiri, yateranye kuwa gatatu tariki ya 30 Nyakanga 2025. iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje imyanzuro igamije kwihutisha iterambere ry’igihugu, cyane cyane […]

Icyayi n’ikawa byaje ku isonga mu byazamuye ibiciro mu nganda – NISR

July 30, 2025 Muvunankiko Valens 0

Raporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu  wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga 2025, yagaragaje ko habaye izamuka rikabije ry’ibiciro mu nganda, cyane […]

Ni ibiki bikubiye mu igenamigambi rya miliyari 49 Frw ryo guteza imbere urubyiruko mu myaka itanu iri mbere?

July 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangije igenamigambi ry’imyaka itanu (2024-2029) rigenewe urubyiruko rifite agaciro ka miliyari 49 Frw, rigamije guhindura imibereho y’urubyiruko binyuze mu ihangwa ry’imirimo, ubucuruzi, […]

Abepiskopi Gatolika b’Abanyafurika barenga 250 bateraniye mu Rwanda mu nama ya SECAM

July 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abayobozi ba Kiliziya Gatolika barenga 250 baturutse hirya no hino muri Afurika bahuriye i Kigali kuva kuri uyu wa 30 Nyakanga kuzageza ku wa 4 […]

Katy Perry yagaragaye asangira Na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, biteza urujijo

July 30, 2025 Kwihangana Joshua 0

Katy Perry,usanzwe ari  umuririmbyi w’icyamamare ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaye asangira ifunguro rya nimugoroba na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa […]

Iterambere rya Basketball mu Rwanda ikomeje kwigarurira imitima ya benshi

July 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu gihe siporo ikomeje gufatwa nk’urufunguzo rwo guteza imbere ubukungu n’imibanire y’abantu, umukino wa Basketball uri kwigarurira imitima y’Abanyarwanda n’abanyamahanga basura u Rwanda. Uko imyaka […]

NISR yatangaje ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 3.4%

July 29, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2025, Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurushamibare, NISR ku miterere y’umurimo muri uyu mwaka (LFS 2025 Q2) bwagaragaje ko igipimo cy’ubushomeri cyagabanyutseho […]

U Bushinwa bukomeje gutera inkunga ababyeyi hagamijwe kongera abavuka

July 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Hashize hafi imyaka icumi Leta y’u Bushinwa ikuyeho politiki yo kubyara umwana umwe, ariko imibare igaragaza ko igipimo cy’abana bavuka gikomeje kugabanuka uko iminsi ihita. […]

U Bushinwa: Imvura nyinshi imaze guhitana abantu 30 mu murwa mukuru Beijing

July 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Igitangazamakuru cya Leta y’u Bushinwa, Xinhua cyatangaje ko abantu 30 bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi n’imyuzure byibasiye umurwa mukuru w’icyo gihugu cyo muri Asia, Beijing. Ibyo […]

Amerika: Bane barimo n’umupolisi barasiwe i New York bahasiga ubuzima

July 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo wari witwaje intwaro ya rutura waturutse i Las Vegas yinjiye mu nyubako ndende iri rwagati mu mujyi wa New York, arasa abantu bane barapfa, […]

Posts pagination

« 1 … 87 88 89 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS