• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Iterambere ry’Akarere ka Musanze mu mibare: Ibyagezweho biratanga icyizere cy’ejo hazaza

August 1, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, Nsengimana Claudien yagaragaje iterambere ry’aka karere mu mwaka wa 2024-2025, rishingiye ku kubyaza umusaruro amahirwe ahaboneka ndetse n’ubufatanye n’izindi nzego za […]

Minisitiri Habimana yasabye Abanyarwanda gusigasira umunsi w’Umuganura

August 1, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Tariki ya 1 Kanama buri mwaka, mu Rwanda hose, hizihizwa umunsi w’Umuganura, umwe mu minsi ifite agaciro gakomeye mu muco nyarwanda. Ku rwego rw’igihugu ibi […]

Uruhinja rukuze ku Isi rwavutse ruvuye mu rusoro rumaze imyaka 30 rubitswe mu bukonje

August 1, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Uruhinja rukuze kuruta izindi ku Isi rwavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruvuye ku rusoro (embryo) rwabitswe mu bukonje mu 1994. Ikinyamakuru the Guardian […]

Umuyobozi w’Ishuri wanditse “ibaruwa y’umugayo” yasabye imbabazi

August 1, 2025 ICK News 0

Ubuyobozi bw’ishuri rya C.L. Gashonga TSS riherereye mu murenge wa Rwimbogo mukarere ka Rusizi uherutse kwandikira umukozi ushinzwe imyitwarire y’abahungu amugaya mu magambo akakaye yasabye […]

Cardinal Ambongo Honors Rwanda’s Transformation and Hospitality

July 31, 2025 Philos Muhire 0

Fridolin Cardinal Ambongo, Archbishop of Kinshasa and President of the Symposium of Episcopal Conferences of Africa and Madagascar (SCEAM), officially opened the 20th Plenary Assembly […]

Ese koko ubwonko burayaga?- Icyo abahanga babivugaho

July 31, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu Rwanda, abantu benshi bakunze gukoresha imvugo igira iti “Izuba ryavuye none bwayaze.” Iyi mvugo akenshi ikunze gukoreshwa mu gihe cy’impeshyi cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe […]

Abarimu batazi Icyongereza bazahugurwa aho kwirukanwa – Minisitiri Nsengimana

July 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ko abarimu batazi icyongereza batazirukanwa ahubwo abamara impungenge avuga ko bazahugurwa kuri urwo rurimi hagamijwe kuzamurwa urwego rwabo kugira ngo […]

Guverineri Kayitesi Alice arasaba abaturage kwirinda ubucukuzi bwangiza ibidukikije

July 31, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Kuwa kabiri w’iki cyumweru , ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice, yaganiraga n’abari bitabiriye inteko rusange y’abaturage bo mu Karere ka Muhanga , Umurenge […]

Canada yateye ikirenge mu cy’u Bufaransa n’u Bwongereza mu kwemera Palestine nk’igihugu

July 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney yatangaje ko igihugu cye kiteguye kwemera Palestine nk’igihugu guhera muri Nzeri, kikaba cyibaye icyagatatu cyo muri G7 gitanaje ibyo […]

Kamonyi: Ubuyobozi burizeza ko ishuri rya Nyabitare rizaba rifite amashanyarazi bitarenze Nzeri 2025

July 31, 2025 Muvunankiko Valens 0

Ababyeyi batuye mu Mudugudu wa Remera, mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi, barishimira ko begerejwe Ishuri ribanza rya Nyabitare, […]

Posts pagination

« 1 … 86 87 88 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS