• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

U Bwongereza: Minisitiri w’Intebe yasabye Sir Jim Ratcliffe gusaba imbabazi nyuma yo kuvuga ko igihugu ‘cyakoronejwe n’abimukira’

February 12, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Sir Keir Starmer yavuze ko amagambo ajyanye n’abimukira yavuzwe n’umuherwe uri mu bambere muri icyo gihugu Sir Jim Ratcliffe, akaba ari […]

Abanyafurika barenga 300 bapfiriye mu ntambara yo muri Ukraine

February 12, 2026 ICK News 0

Abarwanyi barenga 1,400 baturutse mu bihugu 35 bya Afurika biyandikishije kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine kuva mu 2023, kandi abagera kuri 316 […]

Bimwe mu bikidindiza ubuvuzi n’ikiri gukorwa na Leta y’u Rwanda

February 11, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Hashize igihe kinini humvikana ikibazo cy’abaganga bake mu bigonderabuzima no mu bitaro bitandukanye hirya no hino mu gihugu. Abaturage bavuga ko rimwe na rimwe batabasha […]

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% muri Mutarama 2026

February 11, 2026 ICK News 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Mutarama 2026 ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% ugereranyije na Mutarama 2025. Mu byagize uruhare muri […]

Canada: Abantu 10 biciwe ku ishuri, abandi 25 barakomereka

February 11, 2026 ICK News 0

Polisi yo muri Canada yatangaje ko abantu 10 barimo n’umwicanyi bishwe barashwe ku kigo cy’ishuri cya Tumbler Ridge giherereye mu Burengerazuba bw’igihugu abandi 25 barakomereka […]

U Rwanda rwabaye urwa gatatu muri Afurika mu kurwanya ruswa

February 10, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2026, hagaragajwe ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango ‘Transparency International’ bugaragaza ko u Rwanda rwitwaye neza mu bipimo byo kurwanya ruswa, aho rwaje […]

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’igihugu

February 9, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Mu gihe Abanyarwanda benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kwinubira ibura ry’amashanyarazi rikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’igihugu, Sosiyete y’Igihugu ishinzwe Ingufu (REG), yongeye guteguza ko […]

IFAK yahimbaje Umunsi wa Mutagatifu Yohani Bosiko, inizihiza imyaka 62 imaze ibayeho

February 8, 2026 Muvunankiko Valens 0

Ku wa Gatandatu taliki ya 07 Gahyantare 2026, Ishuri ryisumbuye ryigenga rya IFAK Don Bosco riherereye ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, […]

Rwanda Varsity League: ICK yatsinze Kaminuza Gatolika y’u Rwanda

February 8, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikipe y’abakobwa ya Basketball y’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) yatsinzi iya Kaminuza Gatolika y’u Rwanda amanota 21- kuri 17 mu mikino y’amashuri makuru na […]

Inganji z’Umuco za ICK zatsindiye igihembo mu marushanwa y’imbyino gakondo n’ubusizi

February 8, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Itorero Inganji z’Umuco ry’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi ryegukanye umwanya wa kabiri mu marushanwa y’imbyino gakondo n’ubusizi ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, rihabwa igihembo cya miliyoni […]

Posts pagination

« 1 … 28 29 30 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS