Ese koko ubwonko burayaga?- Icyo abahanga babivugaho
Mu Rwanda, abantu benshi bakunze gukoresha imvugo igira iti “Izuba ryavuye none bwayaze.” Iyi mvugo akenshi ikunze gukoreshwa mu gihe cy’impeshyi cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe […]
Mu Rwanda, abantu benshi bakunze gukoresha imvugo igira iti “Izuba ryavuye none bwayaze.” Iyi mvugo akenshi ikunze gukoreshwa mu gihe cy’impeshyi cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe […]
Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ko abarimu batazi icyongereza batazirukanwa ahubwo abamara impungenge avuga ko bazahugurwa kuri urwo rurimi hagamijwe kuzamurwa urwego rwabo kugira ngo […]
Kuwa kabiri w’iki cyumweru , ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice, yaganiraga n’abari bitabiriye inteko rusange y’abaturage bo mu Karere ka Muhanga , Umurenge […]
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney yatangaje ko igihugu cye kiteguye kwemera Palestine nk’igihugu guhera muri Nzeri, kikaba cyibaye icyagatatu cyo muri G7 gitanaje ibyo […]
Ababyeyi batuye mu Mudugudu wa Remera, mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi, barishimira ko begerejwe Ishuri ribanza rya Nyabitare, […]
Inama y’Abaminisitiri, yateranye kuwa gatatu tariki ya 30 Nyakanga 2025. iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje imyanzuro igamije kwihutisha iterambere ry’igihugu, cyane cyane […]
Raporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga 2025, yagaragaje ko habaye izamuka rikabije ry’ibiciro mu nganda, cyane […]
Guverinoma y’u Rwanda yatangije igenamigambi ry’imyaka itanu (2024-2029) rigenewe urubyiruko rifite agaciro ka miliyari 49 Frw, rigamije guhindura imibereho y’urubyiruko binyuze mu ihangwa ry’imirimo, ubucuruzi, […]
Abayobozi ba Kiliziya Gatolika barenga 250 baturutse hirya no hino muri Afurika bahuriye i Kigali kuva kuri uyu wa 30 Nyakanga kuzageza ku wa 4 […]
Katy Perry,usanzwe ari umuririmbyi w’icyamamare ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaye asangira ifunguro rya nimugoroba na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS