Trump yanenze gahunda ya Elon Musk yo gushinga Ishyaka Rishya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye, umugambi wa Elon Musk wahoze ari inshuti ye ya hafi wo gushinga ishyaka rishya […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye, umugambi wa Elon Musk wahoze ari inshuti ye ya hafi wo gushinga ishyaka rishya […]
Ku nshuro ya mbere mu mezi abiri ashize atorerwa kuyobora Kiliziya Gatolika, Papa Leo wa XIV agiye kuva i Roma ajye kuruhukira muri Castel Gandolfo, […]
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Faith Kipyegon na Beatrice Chebet bo muri Kenya besheje uduhigo dushya ku Isi mu buryo butangaje mu irushanwa ryo gusiganwa ku magura rya ‘Diamond League’ […]
Elon Musk yatangaje ko agiye gutangiza ishyaka rishya rya politiki, nyuma y’ibyumweru adacana uwaka na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Uyu […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasohoye raporo nshya y’akanama gashinzwe ibijyanye n’ubusabane, yerekana ko umuntu 1 muri 6 ku isi yose ahangayikishwa n’ingaruka […]
Abantu 51 barimo abana 15 bamaze guhitanwa n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi muri leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu, mu […]
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Umunya-Portugal Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Espagne mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nk’uko Polisi yo muri […]
Urukiko rwa Guinée Équatoriale rwakatiye Baltasar Egonga igifungo cy’imyaka 18 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta angana na miliyari imwe y’ama-Francs CFA, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS