• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IMIBEREHO

Kwibohora 31: Ingabo za EAC zigiye kuvura Abanyarwanda ku buntu

June 27, 2025 Philos Muhire 0

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rugiye kwakira itsinda ry’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zizaza mu bikorwa by’iterambere ry’abaturage […]

Urubyiruko rwiganje mu bakoresha bakanacuruza ibiyobyabwenge

June 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]

Imishinga yitezweho gukomeza guhindura isura ya Musanze

June 27, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]

Muhanga: Uko nibiwe kuri ‘Plateau’

June 26, 2025 ICK News 0

Nitwa Sylvie Mutoni, nkaba niga mu mwaka wa mbere w’Ishami ry’Itangazamakuru mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK). Ubwo nari mvuye ku ishuri nerekeza aho […]

Musanze: Asaga miliyoni n’igice yakusanyirijwe gufasha abatishoboye

June 23, 2025 Tuyiringire Esdras 0

Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi, ku bufatanye n’Intara y’Amajyaruguru batanze inkunga yo gufasha abatishoboye barenga 100. Aba baturage bo mu murenge wa Cyuve wo mu […]

Urubyiruko rwahuriye i Muhanga mu muganda wihariye

June 21, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Kuri uyu wa 21 Kamena, urubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga rwateraniye mu Murenge wa Shyogwe mu gikorwa cyo kwiyubakira Igihugu. Uru rubyiruko rwakoze umuganda […]

Muhanga: Barasaba ko amariba yunganira amazi ya WASAC avugururwa

June 21, 2025 ICK News 0

Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Muhanga barasaba ko amariba yifashishwa mu kunganira amazi y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) avugururwa. Ni nyuma […]

ICK yaremeye Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

June 20, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Kamena, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), binyuze muri gahunda yitwa ‘INTANGO Y’UBUDAHERANWA, ryoroje abaturage batatu barokotse Jenoside yakorewe […]

Ibihugu byatangiye gucyura abaturage babyo bari muri Iran na Israel kubera intambara

June 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibihugu byo hirya no hino ku isi byafashe ingamba zo kuvana abenegihugu babyo muri Israel na Iran mu gihe ibi ibihugu byombi byinjiye ku munsi […]

Amerika yasubukuye itangwa rya Visa ku banyeshuri b’abanyamahanga ariko isaba kugenzura ‘social media’ zabo

June 19, 2025 Philos Muhire 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), binyuze mu Rwego rw’Ububanyi n’Amahanga (State Department), yatangaje kuri uyu wa Gatatu ko yongeye gusubukura itangwa rya viza ku […]

Posts pagination

« 1 … 12 13 14 … 54 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS