• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

“Abasebya u Rwanda mubavuguruze” – Minisitiri w’Intebe asoza icyiciro cya 15 cy’Indagamirwa

August 14, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye urubyiruko rusoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, gukunda igihugu ndetse no kuguvuruza abagisebya bakivugaho amakuru atari impamo. Yabitangaje kuri […]

2024-2029: U Rwanda ruzubaka runasane imihanda ifite ibilometero 300

August 14, 2025 ICK News 0

Hashize igihe urwego rw’ubwikorezi mu Rwanda rugaragaza ko hari imbogamizi zikirubangamiye, birimo imihanda idahagije, serivisi zo gutwara abantu n’ibintu zitanoze, kugeza umusaruro ku masoko bigoranye […]

Umusaruro w’ubukerarugendo mu Rwanda uzarenga Miliyari $1 mu 2029

August 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere ry’Igihugu (NST2), Guverinoma y’u Rwanda irateganya kuzamura umusaruro ukomoka k’ubukerarugendo ukikuba kabiri kugeza mu mwaka wa 2029, aho […]

Amashuri yo muri Kigali azafunga imiryango mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’amagare

August 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21 na 28 Nzeri 2025, amashuri akorera mu Mujyi wa Kigali azahagarika amasomo, ndetse abakozi ba leta […]

Zelensky ntakozwa ibyo guharira agace ka Donbas u Burusiya ngo amahoro aboneke

August 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko igihugu cye kizanga icyifuzo icyo ari cyo cyose cy’u Burusiya cyuko ireka agace ka Donbas nk’ingurane yo kugira […]

Koreya y’Epfo: Umugore w’uwahoze ari Perezida yasanze umugabo we muri gereza

August 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo ubu ufunze, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo guhimba ibiciro by’imigabane no kwakira ruswa. […]

Rwanda: Amakipe atanu gusa ni yo yujuje ibisabwa byo gukina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025–26

August 13, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze urutonde rw’amakipe yujuje ibisabwa, yemerewe gukina Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu mwaka w’imikino wa 2025–26. Mu makipe […]

2024-2029: Umusaruro w’ubuhinzi bw’u Rwanda uziyongeraho 50%

August 12, 2025 IRAMBONA Papias 0

None tariki ya 12 Kanama 2025, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu kuva mu 2024-2029, Minisitiri w’Intebe w’u […]

Imirimo mishya irenga miliyoni izahangwa kugeza 2029

August 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rurateganya guhanga imirimo mishya ibyara inyungu 1,250,000 mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere, aho hazajya hahangwa nibura 250,000 buri mwaka mu rwego rwo […]

Umunyamakuru Nepo Dushimimana ‘Mubicu’ yerekeje kuri RBA

August 12, 2025 ICK News 0

Umunyamakuru w’imikino Nepo Ishimwe Dushimimana, uzwi cyane ku izina rya “Mubicu”, kuri uyu  wa kabiri tariki ya 8 Kanama 2025 yakiriwe mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru […]

Posts pagination

« 1 … 59 60 61 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS