• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Sabine RWIBUTSO MUKAZI

Urubyiruko ruributswa ko arirwo ruzandika amateka y’indi myaka 30

June 9, 2024 Sabine RWIBUTSO MUKAZI 0

Ubwo yari mu Ihuriro ry’Urubyiruko ‘Igihango cy’Urungano’ kuri uyu wa Gatandatu, tariki 8 Kamena 2024, Madamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko arirwo ruzandika amateka y’indi […]

Kwibuka30: 25,000 mu basaga ibihumbi 37,000 biciwe i Kabgayi ntibaraboneka ngo bashyingurwe mu cyubahiro

June 2, 2024 Sabine RWIBUTSO MUKAZI 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga burasaba uwaba afite amakuru ajyanye n’ahaherereye imibiri y’abiciwe i Kabgayi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ko yayatanga imiryango yabo ikaruhuka. […]

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro k’ibihumbi […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS