• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Kwihangana Joshua

About Kwihangana Joshua
I am a Flesh man Journalism Student at Institut Catholique De Kabgayi A Filmaker A Sound Engineer.

Zelenskyy yasabye ko Uburusiya bushyirirwaho ibihano bikarishye

July 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Volodymyr Zelenskyy yasabye ibindi bihugu kwihutisha gahunda yo gushyiraho ibihano bishya ku Burusiya nyuma y’uko igihugu cye cyongeye kugabwaho ibitero bikomeye byahitanye abantu babiri abandi […]

Ubushinwa bwashinjwe kwibasira indege y’Abadage

July 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ubushyamirane hagati y’u Bushinwa n’u Budage bukomeje gukaza umurego nyuma y’uko Ubudage bushinje Ubushinwa gukoresha urumuri rukaze rwa laser rugatera ikibazo ku ndege ya gisirikare […]

Ukraine yibasiwe n’igitero gikomeye kurusha ibindi byose

July 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye cyibasiwe n’igitero cyo mu kirere gikomeye kurusha ibindi byose byigeze kugabwa kuri iki  gihugu, aho drones […]

Marseille: Abantu 110 bamaze gukomeretswa n’inkongi y’umuriro

July 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abantu bagera ku 110 bamaze gutangazwa ko bakomeretse byoroheje kubera inkongi y’umuriro ikomeje kwibasira umujyi wa Marseille, umujyi wa kabiri munini mu Bufaransa. Minisitiri w’Ubutegetsi […]

Abaturage b’ibihugu 74 bemerewe kwinjira mu Bushinwa nta Visa

July 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri ubu, abaturage b’ibihugu 74 bashobora kwinjira mu Bushinwa batagombye gusaba visa, bakahamara iminsi 30. Ibi ni intambwe ikomeye ugereranyije n’uko byahoze. Guverinoma y’Ubushinwa ikomeje […]

Minisitiri Roman Starovoit wari uherutse kwirukanwa na Putin yasanzwe yapfuye

July 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Komite y’Ubugenzacyaha mu Burusiya yatangaje ko Roman Starovoit wahoze wari Minisitiri w’Ubwikorezi muri iki gihugu  yasanzwe  yapfuye, bikaba bikekwa ko yiyahuye akoresheje imbunda. Ibi bibaye […]

UNAids: Miliyoni 6 bashobora kuzahazwa n’ingaruka zo kubura imiti ya SIDA

July 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umuyobozi w’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe kurwanya SIDA (UNAIDS), Winnie Byanyima, yaburiye isi ko mu myaka ine iri imbere, abantu bashya bandura agakoko gatera SIDA(HIV) bashobora kwiyongera […]

Trump yanenze gahunda ya Elon Musk yo gushinga Ishyaka Rishya

July 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye, umugambi wa Elon Musk wahoze ari inshuti ye ya hafi wo gushinga ishyaka rishya […]

Lee Jae-myung yarahiriye kuba Perezida mushya wa Koreya y’Epfo 

June 4, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Kamena 2025, Lee Jae-myung, watorewe kuyobora Koreya y’Epfo, yarahiriye izi nshingano yizeza abaturage ko agiye kugarura ubumwe mu […]

RGB yasuye ICK, yizeza ubuvugizi ku itangazamakuru

June 3, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Kamena 2025, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryakiriye itsinda rishinzwe Itangazamakuru mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB). Ni […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 … 25 »

AMAKURU MASHYA

  • Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

    Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

    Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

  • Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

    Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS