• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Kwihangana Joshua

About Kwihangana Joshua
I am a Flesh man Journalism Student at Institut Catholique De Kabgayi A Filmaker A Sound Engineer.

Zelenskyy yasabye ko Uburusiya bushyirirwaho ibihano bikarishye

July 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Volodymyr Zelenskyy yasabye ibindi bihugu kwihutisha gahunda yo gushyiraho ibihano bishya ku Burusiya nyuma y’uko igihugu cye cyongeye kugabwaho ibitero bikomeye byahitanye abantu babiri abandi […]

Ubushinwa bwashinjwe kwibasira indege y’Abadage

July 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ubushyamirane hagati y’u Bushinwa n’u Budage bukomeje gukaza umurego nyuma y’uko Ubudage bushinje Ubushinwa gukoresha urumuri rukaze rwa laser rugatera ikibazo ku ndege ya gisirikare […]

Ukraine yibasiwe n’igitero gikomeye kurusha ibindi byose

July 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye cyibasiwe n’igitero cyo mu kirere gikomeye kurusha ibindi byose byigeze kugabwa kuri iki  gihugu, aho drones […]

Marseille: Abantu 110 bamaze gukomeretswa n’inkongi y’umuriro

July 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abantu bagera ku 110 bamaze gutangazwa ko bakomeretse byoroheje kubera inkongi y’umuriro ikomeje kwibasira umujyi wa Marseille, umujyi wa kabiri munini mu Bufaransa. Minisitiri w’Ubutegetsi […]

Abaturage b’ibihugu 74 bemerewe kwinjira mu Bushinwa nta Visa

July 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri ubu, abaturage b’ibihugu 74 bashobora kwinjira mu Bushinwa batagombye gusaba visa, bakahamara iminsi 30. Ibi ni intambwe ikomeye ugereranyije n’uko byahoze. Guverinoma y’Ubushinwa ikomeje […]

Minisitiri Roman Starovoit wari uherutse kwirukanwa na Putin yasanzwe yapfuye

July 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Komite y’Ubugenzacyaha mu Burusiya yatangaje ko Roman Starovoit wahoze wari Minisitiri w’Ubwikorezi muri iki gihugu  yasanzwe  yapfuye, bikaba bikekwa ko yiyahuye akoresheje imbunda. Ibi bibaye […]

UNAids: Miliyoni 6 bashobora kuzahazwa n’ingaruka zo kubura imiti ya SIDA

July 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umuyobozi w’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe kurwanya SIDA (UNAIDS), Winnie Byanyima, yaburiye isi ko mu myaka ine iri imbere, abantu bashya bandura agakoko gatera SIDA(HIV) bashobora kwiyongera […]

Trump yanenze gahunda ya Elon Musk yo gushinga Ishyaka Rishya

July 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye, umugambi wa Elon Musk wahoze ari inshuti ye ya hafi wo gushinga ishyaka rishya […]

Lee Jae-myung yarahiriye kuba Perezida mushya wa Koreya y’Epfo 

June 4, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Kamena 2025, Lee Jae-myung, watorewe kuyobora Koreya y’Epfo, yarahiriye izi nshingano yizeza abaturage ko agiye kugarura ubumwe mu […]

RGB yasuye ICK, yizeza ubuvugizi ku itangazamakuru

June 3, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Kamena 2025, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryakiriye itsinda rishinzwe Itangazamakuru mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB). Ni […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 … 25 »

AMAKURU MASHYA

  • Manchester City yatsinze Arsenal, urugamba rwa Shampiyona y’u Bwongereza rurushaho gukomera

    Ikipe ya Manchester City yatsinze Arsenal FC ibitego 2-1 mu mukino wari ishiraniro, bituma ihatana ryo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza rirushaho gukomera. Uyu […]

  • Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

  • Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

  • ‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

    ‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

  • Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS