Jeannette Kagame yasabye urubyiruko gushyira imbere kubaka urugo aho gutegura ubukwe
None tariki ya 31 Kanama 2025 I Kigali muri Convention Centre, Madame Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yasabye urubyiruko rwitegura gushinga […]
