• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Perezida Kagame yakiriye indahiro za Guverinoma nshya

July 25, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga, ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro za […]

Aborozi bahangayikishijwe n’uko ibiciro by’ibiryo by’amatungo byikubye hafi kabiri

July 25, 2025 Muvunankiko Valens 0

Aborozi bo mu bice bitandukanye by’u Rwanda bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ibiryo by’amatungo ryatumbagiye ku buryo bukabije. aho byikubye inshuro ebyiri cyangwa se zirenga nk’uko bamwe […]

Menya Habimana Dominique wagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc)

July 25, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku wa Kane, tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu […]

Muhanga: Inyubako y’Ubucuruzi yo “Kwa Jacque” Yafunzwe by’Agateganyo Kubera Isuku Nke

July 24, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2025, Akarere ka Muhanga kafunze by’agateganyo inyubako y’ubucuruzi iherereye mu Mujyi wa Muhanga, ahazwi cyane nko “Kwa Jacque”. […]

Iterambere ryacu ntirituruka mu mahirwe yihariye duhabwa, ni ubushobozi bwacu

July 24, 2025 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi n’ishoramari mu Rwanda bavuga ko ibyo bagezeho bitaturutse gusa mu mahirwe bahawe nk’abagore, ahubwo harimo no kugira ubushake mu kazi, […]

U Burusiya: Indege yari itwaye abantu 49 yakoze impanuka

July 24, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amakuru y’ibanze avuga ko nta muntu ntumwe warokotse impanuka y’indege itwara abagenzi yo mu Burusiya yari itwaye 49 ubwo yahanukaga mu kirere cyo mu burasirazuba […]

Ni ryari hazashyirwaho Guverinoma ya Minisitiri w’Intebe mushya?

July 24, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishyirwaho rya Dr. Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’intebe mushya na Perezida Paul Kagame, ku wa Gatatu, tariki ya 23 Nyakanga, ryitezweho gutuma hashyirwaho guverinoma nshya, […]

Dr Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe ni muntu ki?

July 24, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuwa Gatatu, tariki ya 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagize Dr Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe mushya. asimbuye Dr Edouard Ngirente […]

Breaking News: President Kagame Appoints New PM

July 23, 2025 Philos Muhire 0

Kigali, Rwanda – July 23, 2025 –President Paul Kagame of Rwanda has named Dr. Justin Nsengiyumva a new Prime Minister replacing Dr. Édouard Ngirente who […]

Ubwongereza Bwagabanyije Inkunga bwageneraga ibihugu by’amahanga

July 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta y’u Bwongereza yashyize ahagaragara gahunda ikubiyemo ingamba nshya ku bihugu by’amahanga by’umwihariko umugabane w’Afurika. Izo ngamba zirimo kugabanya inkunga mu burezi bw’abana ndetse n’ubuzima […]

Posts pagination

« 1 … 89 90 91 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS