• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUREZI

ICK Alumni urge students to be job creators, not job seekers

October 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Former students of the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) have called on current students to be visionary, proactive, and innovative in creating their own employment […]

Abize muri ICK basabye abanyeshuri kwihangira imirimo kuruta gutegereza akazi ka leta 

October 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Bamwe mu bize mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) mu myaka yatambutse, basabye barumuna babo bakiri ku ntebe y’ishuri kugira intego no kudahanga amaso […]

ICK: Abanyeshuri biga Amateka n’Ubumenyi bw’Isi basabwe gusigasira umurage w’u Rwanda

October 29, 2025 Ibyimana Cofi 0

Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kuzirikana Umurage uri mu majwi n’amashusho, usanzwe uba ku wa 27 Nzeri buri mwaka. bamwe mu bakozi b’Inteko […]

Nyaruguru: Abarezi basabwe kwimakaza ‘Ndi Umunyarwanda’

October 29, 2025 ICK News 0

Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanshyaka Emmanuel yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri gukomeza gushyira imbaraga mu kwimakaza gahunda ya Ndi Umunyarwanda no kwigisha indangagaciro na kirazira […]

Muhanga-Shyogwe: Hari abaturage basaba ko ishuri biyubakiye barisubizwa

October 23, 2025 Byiringiro Patrick 0

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Ruli, umurenge wa Shyogwe, mu karere ka Muhanga, barasaba ko ishuri ry’inshuke riri mu mudugudu wa Munyinya ryasubizwa […]

Bugesera-Mwogo: Abarezi barasabwa guteza imbere uburezi budaheza

October 21, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abarimu bo mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, barasabwa guteza imbere uburezi budaheza abafite ubumuga butandukanye. Ni ibyagarutsweho, ubwo […]

Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 9,500

October 17, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Kuri uyu wa Gatanu, Kaminuza y’u Rwanda (UR) yashyize ku isoko ry’umurimo abarangije amasomo yabo bagera ku 9,529 barimo 36 bahawe impamyabumenyi z’ikirenga (PhD), mu […]

ICK yabaye igisubizo ku batanga serivisi za ‘papeterie’ mu mujyi wa Muhanga

October 17, 2025 ICK News 0

Kimwe mu bizakubwira ko agace ugezemo hakoreramo Ishuri Rikuru cyangwa Kaminuza, ni inzu nyinshi z’abatanga serivisi za ‘papeterie’. Usanga muri iyo nzu hakoreramo bagafotozi, abandika […]

Journalism educators prepare to introduce new course on managing stress and trauma

October 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

A group of nine journalism lecturers from Rwandan universities gathered for a two-day workshop held on October 14 and 15 to finalize preparations for a […]

Ambasade ya Suède yasuye ICK hagamijwe gusuzuma iterambere ry’imikoranire isanzweho

October 13, 2025 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, itsinda rigizwe n’abantu batanu baturutse muri Ambasade ya Suède mu Rwanda, bari kumwe n’uhagarariye Fojo Media […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS