Nyamagabe: Abahinzi bibukijwe ko kuhira ibihingwa bidasaba gukoresha imashini gusa
Minisitiri w´ubuhinzi n’ubworozi, Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abahinzi guhindura imyumvire, bakareka kwibwira ko kuhira imyaka bisaba gusa gukoresha imashini. Ibi yabigarutseho, ubwo bari mu […]
