Abanyafurika y’Epfo bazimurirwa muri Amerika biyongereye
Hashize amezi atatu itsinda rya mbere ry’Abazungu bo muri Afurika y’Epfo rigeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri gahunda idasanzwe yashyizweho n’iki gihugu […]
Hashize amezi atatu itsinda rya mbere ry’Abazungu bo muri Afurika y’Epfo rigeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri gahunda idasanzwe yashyizweho n’iki gihugu […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky azajya i Washington DC ku wa Mbere guhura na Donald Trump, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko igihugu cye kizanga icyifuzo icyo ari cyo cyose cy’u Burusiya cyuko ireka agace ka Donbas nk’ingurane yo kugira […]
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo ubu ufunze, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo guhimba ibiciro by’imigabane no kwakira ruswa. […]
Umunyamakuru ukomeye wa Al Jazeera, Anas Al Sharif, wari warigeze guterwa ubwoba na Isiraheli, yicanwe hamwe n’abo bakoranaga bane mu gitero cy’indege cya Isiraheli muri […]
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyize ahagaragara urutonde rugaragaza uko uturere 30 tw’igihugu twitwaye mu mitangire ya serivisi z’Irangamimerere (CRVS) mu mwaka wa 2024–2025. Izi serivisi zirimo […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abaturage ba Malawi na Zambia bifuza kwerekezayo kwishyura amadolari 15,000 arenga miliyoni 20 FRW kugira […]
Kuri uyu wa Gatatu, abantu baturutse imihanda y’isi bahuriye i Hiroshima bunamira ibihumbi by’abantu bahitanwe n’igisasu cya kirimbuze cyatewe muri uwo mujyi na Leta Zunze […]
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney yatangaje ko igihugu cye kiteguye kwemera Palestine nk’igihugu guhera muri Nzeri, kikaba cyibaye icyagatatu cyo muri G7 gitanaje ibyo […]
Sosiyete ya Google yemeye ko sisitemu yayo yo gutanga impuruza ku makuru y’umutingito (Android Earthquake Alerts) yananiwe kuyatangira ku gihe ubwo habaga umutingito ukomeye mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS