Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Fransisiko
Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]
Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]
Ubuyobozi mu gihugu cya Dominican Republic bwatangaje ko abantu 98 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye, abandi barenga 150 barakomereka nyuma yuko bagwiriwe n’igisenge cya kabyiniro […]
Papa Fransisiko yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere nyuma y’ibyumweru bibiri avuye mu bitaro yavuriwemo umusonga w’ibihaha byombi. Yinjiye mu mbuga ya Kiliziya Mutagatifu […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Mata 2025, Umuryango w’abibumbye (Loni) wahamagariye Isi gutabara igihugu cya Myanmar cyibasizwe n’umutingito, mu gihe umubare w’abamaze gupfa […]
Kuwa gatanu w’ejo hashize , muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Minisiteri Ishinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu (DHS) yatangaje ko yoherereje ubutumwa bugufi ku Banya-Ukraine […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata 2025, Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje umwanzuro watowe n’inteko inshinga amategeko wo kweguza […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Mata 2025 umuvugizi wungirije wa Guverinoma y ‘u Rwanda Alain Mukuralinda Bernard yitabye Imana azize indwara y’umutima nk’uko byatangajwe n’ibiro […]
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Kuwa kabiri w’iki cyumweru umuryango udaharanira inyungu Haki Defenders Foundation ukorera i Kampala hamwe na Kaminuza ya Sheffield basohoye raporo ishingiye ku biganiro bagiranye n’abantu […]
Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS