• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Pakistani: Igitero cy’ubwiyahuze cyahitanye abantu 12

November 11, 2025 ICK News 0

Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu cya Pakistani, yatangaje ko igitero cy’iterabwoba cyakozwe n’umwiyahuzi hanze y’urukiko mu murwa mukuru, Islamabad, cyahitanye abantu 12, kinakomeretsa abandi 27. […]

Trump yakangishije BBC kumwishyura Miliyari y’Amadorari mu gihe itavuguruza ibyo yamuvuzeho

November 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yaburiye igitangazamakuru BBC ko azakirega, nyuma y’uko gishyizwe mu majwi kubera uburyo ijambo ry’uyu mukuru w’igihugu […]

Ngororero: Umubyeyi yabyariye mu modoka itwara abagenzi

November 11, 2025 ICK News 0

Umubyeyi w’imyaka 22 ukomoka mu Karere ka Rubavu wavaga i Muhanga yerekeza i Rubavu yabyariye mu modoka itwara abagenzi ya ‘Coaster’. Ibi byabaye ku wa […]

Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga bidasanzwe, isaba abaturage kwitwararika

November 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 na 20 Ugushyingo 2025, mu gihugu hose hateganyijwe imvura nyinshi iri hagati […]

Afurika ikeneye abasirikare bazi ikoranabuhanga kandi b’intangarugero mu myitwarire-Minisitiri Marizamunda

November 10, 2025 ICK News 0

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko gukemura ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera muri Afurika bisaba abasirikare bashya bafite ubumenyi mu bya gisirikare, bazi ikoranabuhanga, bafite indangagaciro […]

BAD yemereye u Rwanda hafi miliyari 14 Frw yo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe

November 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) yemeje inkunga ya miliyoni 9.4 z’amadolari ya Amerika (ahwanye na miliyari 13.7 z’amafaranga) izahabwa u Rwanda mu rwego rwo gutera […]

Abayobozi bakuru ba BBC beguye nyuma y’ihindurwa ry’amagambo ya Trump

November 10, 2025 Muhire Obed 0

Umuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie, n’Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe amakuru, Deborah Turness, beguye ku mirimo yabo nyuma y’amakuru avuga ko bicyekwako amagambo ya Donald Trump yaba […]

APR FC yongeye kwandagaza Rayon Sports muri Shampiyona

November 9, 2025 Ibyimana Cofi 0

Kuri uyu Gatandatu, APR FC yatsindiye Rayon Sports kuri Stade Amahoro, ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampinona ya Rwanda Premier League, bibi […]

Abanyeshuri biga Itangazamakuru muri ICK bahawe impanuro n’abanyamakuru ba RBA na The New Times

November 8, 2025 ICK News 0

Abanyeshuri bo mu mwaka wa kabiri n’uwa gatatu biga Itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bakoreye urugendo shuri mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) […]

APR FC na Rayon Sports ziresurana muri Rwanda Premier League: Ni iyihe yegukana itsinzi?

November 8, 2025 Ibyimana Cofi 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, haraba umukino w’ishiraniro hagati ya APR FC na Rayon Sports, umwe mu mikino ikomeye cyane muri […]

Posts pagination

« 1 … 38 39 40 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS