• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Umusifuzi Jabo Aristote wanze igitego cya APR FC yahanwe

January 20, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryafatiye ibihano umusifuzi Jabo Aristote, rimuhagarika gusifura imikino ine, kubera amakosa yabaye mu mukino wahuje APR FC […]

Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika muri Werurwe 2026

January 19, 2026 Philos Muhire 0

Karidinali Fridolin AMBONGO, Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika yatangaje ko mu kwezi kwa Werurwe 2026, Papa Leo XIV azagirira uruzinduko ku mugabane wa […]

Muhanga-Shyogwe: Barasaba gusubizwa imirima bavuga ko banyazwe

January 19, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bahoranye imirima mu gishanga giherereye mu Kagari ka Kinini, mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubu Igororero rya Muhanga rikaba rigitwikiramo […]

Abasenateri bagiye gusura abaturage harebwa iterambere ry’ubworozi

January 17, 2026 ICK News 0

Sena y’u Rwanda igiye gusura abaturage mu gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi. Byatangajwe na Sena ku wa Gatanu tariki ya 16 […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Uganda: Museveni yanikiriye Bobi Wine mu byavuye mu matora by’agateganyo

January 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

Imibare y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari imbere cyane mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku majwi arenga bitatu […]

Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda

January 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]

No Image

Dr. Mugemana Charles wari umuganga wa Rayon Sports yitabye Imana

January 14, 2026 Manishimwe Janvier 0

Dr. Mugemana Charles, wari umuganga wa Rayon Sports mu myaka isaga 30 ishize, yitabye Imana azize uburwayi, nyuma y’igihe yari amaze arwariye mu Bitaro Bikuru […]

Amavubi yatandukanye n’umutoza Adel Amrouche

January 14, 2026 ICK News 0

Ishyirahamwe ry’Umupirwa w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryahagaritse ku mirimo Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Amavubi, Adel Amrouche nyuma yuko atubahirije ibikubiye mu masezerano. […]

Amarembo arafunguye – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abifuza gushyigikira ishingwa ry’ishuri ry’umuziki

January 11, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abifuza gushyigikira igikorwa cyo gushinga ishuri rihoraho ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi ko amarembo afunguye. […]

Posts pagination

« 1 … 29 30 31 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS