• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUREZI

‘No Bra, No Exam’: Itegeko ryateje impaka muri Nigeria

June 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kaminuza ya Olabisi Onabanjo yo muri Nigeria yateje impaka nyuma y’uko hakwirakwiye amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abanyeshuri b’abakobwa bakorwaho kugira ngo harebwe niba […]

Ubumenyi ni bwo butanga akazi-Abize muri ICK babwira abakiri ku ntebe y’ishuri

June 15, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Bamwe mu bahoze ari abanyeshuri b’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, mu Ishami ry’Uburezi basabye barumuna babo bakiri ku ntebe y’ishuri guharanira kumenya aho gushaka amanota […]

Kwiga mu byiciro mu mashuri abanza bigiye kuvaho bitarenze mu 2029

June 14, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko bitarenze mu mwaka wa 2029, abanyeshuri bose bo mu mashuri abanza bazaba bari kwiga igice kimwe aho kwiga mu byiciro “Double […]

U Rwanda rugiye kuzamura umubare w’abiga mu mashuri y’inshuke

June 14, 2025 Manishimwe Janvier 0

Leta y’u Rwanda yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu kuzamura umubare w’abanyeshuri biga mu mashuri y’inshuke kuko ari rwo rwego rw’amashuri umwana yigamo bikamutegurira kuziga […]

Kiliziya Gatolika mu Rwanda igiye gutangiza Kaminuza yigisha Tewolojiya

June 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Antoni Kardinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, yatangaje ko hagiye gutangizwa ishuri ryigisha iyobokama (Tewolojiya) kugirango rifashe abogeza […]

Autriche: Abantu icyenda barasiwe mu ishuri ryisumbuye bahasiga ubuzima

June 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu icyenda nibo bimaze kumenyekana ko bishwe barasiwe mu ishuri ryisumbuye ryo mu mujyi wa Graz muri Autriche. Minisiteri y’umutekano mu gihugu yavuze ko […]

Inyungu nshya ku barimu n’uburyo bushya bwo kubona inkunga: Amwe mu mavugururwa ari gukorwa muri Kaminuza zo mu Rwanda

June 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kaminuza zo mu Rwanda, cyane cyane Kaminuza y’u Rwanda (UR), zi gukorwamo amavugurura akomeye agamije kunoza uburyo zikora, uko ziyoborwa, ndetse n’uko zinjiza amafaranga. Mu […]

RGB yasuye ICK, yizeza ubuvugizi ku itangazamakuru

June 3, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Kamena 2025, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryakiriye itsinda rishinzwe Itangazamakuru mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB). Ni […]

Abanyeshuri ba ICK na UR Huye batangiye amahugurwa kuri ‘Mobile Filming’

June 3, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ku wa Mbere tariki ya 2 Gicurasi 2025 abanyeshuri 10 biga Itangazamakuru muri Kaminuza Gatolika ya Kabgayi (ICK) n’abandi 10 bo muri Kaminuza y’u Rwanda […]

Bill Gates yatangaje ko azatanga igice kinini cy’umutungo we muri Afurika

June 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Bill Gates, washinze ikigo cy’ikoranabuhanga ry’amudasobwa, Microsoft yatangaje ko igice kinini cy’umutungo we azagikoresha mu guteza imbere serivisi z’ubuzima n’uburezi muri Afurika mu myaka 20 […]

Posts pagination

« 1 … 13 14 15 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS