• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Sinshobora kuba umuhuza mu masezerano yo kugarura amahoro muri Ukraine – Papa Leo

September 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nubwo mu itangazamakuru hakomeje kugaragara inkuru z’uko papa ashobora gufasha mu buhuza hagati y’u Burusiya na Ukraine, Papa Leo XIV yavuze ko Vatikan idashoboka gukora […]

DR. Congo: Hatangiye gahunda yo gutanga urukingo rwa Ebola

September 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku cyumweru, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko ryatangiye gukingira abakora mu buzima bafite ibyago byo kwandura virus ya Ebola n’abantu bahuye […]

Umugore wa Akon yatanze ikirego asaba gatanya

September 13, 2025 Kabano Patrick 0

Tomeka Thiam, umugore w’umuhanzi w’icyamamare Akon, yamaze gutanga ikirego mu rukiko asaba gatanya n’umugabo we, aho avuga ko ibibazo bafitanye byananiranye gukemuka binyuze mu bwumvikane. […]

Papa Leo IV asaba abepiskopi Gatolika kudahishira ibirego by’ihohoterwa

September 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Gatanu Vatikani yatangaje ko Papa Leo IV yahaye amabwiriza abepiskopi bashya ba Kiliziya Gatolika yo guhangana n’ihohoterwa rikorwa n’abapadiri no kudahishira ibirego by’imyitwarire […]

Jose Chameleone n’abareberera inyungu za Alien Skin bateranye amagambo

September 11, 2025 Kabano Patrick 0

Ku mbuga nkoranyamambaga zo muri Uganda hakwirakwiye amashusho agaragaza itsinda Fangone Forest rya Alien Skin, ritera ubwoba Dr. Jose Chameleone, nyuma y’uko uyu muhanzi anenze […]

Ghana yemeye kwakira Abanyafurika birukanwe muri Amerika

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yatangaje ko igihugu ayoboye cyemeye kwakira abaturage bo mu Burengerazuba bwa Afurika birukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Ibendera rya Amerika ryururukijwe mu kunamira Charlie Kirk

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Donald Trump yategetse ko amabendera yose ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yururutswa akagezwa muri kimwe cya Kabiri mu rwego rwo kunamira Charlie Kirk […]

Amerika: Charlie Kirk wishwe arashwe, yari muntu ki?

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu ijoro ryo kuwa gatatu, nibwo hamenyekanye amakuru y’urupfu rwa Charlie Kirk wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze ndetse by’umwihariko akaba yari […]

Afurika y’Epfo: Abashinwa bafunzwe bazira gushimuta no gukoresha abantu ku gahato

September 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinwa barindwi binjije Abanyamalawi mu buryo bunyuranyije n’amategeko muri Afurika y’Epfo bakabakoresha imirimo y’agahato, bakatiwe buri wese igifungo cy’imyaka 20. Aba bagabo bane n’abagore batatu […]

U Bufaransa: Minisitiri w’intebe aregura ku buyobozi nyuma yo gutakarizwa ikizere na Sena

September 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yatakarijweje icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, nyuma y’amasaha make aburiye ko igihugu gihanganye “n’umwenda ushobora guhungabanya ubuzima”, ibintu byarushijeho kongera […]

Posts pagination

« 1 … 18 19 20 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS