Cameroon: Perezida ukuze ku isi yongeye gutorerwa manda nshya
Perezida wa Cameroon w’imyaka 92, Paul Biya, yatangajwe n’Urukiko rushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko ari we watsinze amatora yateje impaka cyane. Yagize amajwi 53.7%, […]
Perezida wa Cameroon w’imyaka 92, Paul Biya, yatangajwe n’Urukiko rushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko ari we watsinze amatora yateje impaka cyane. Yagize amajwi 53.7%, […]
Mu murwa mukuru w’ubukungu wa Cameroon, Douala, haravugwa urupfu rw’abantu bane n’abandi benshi bakomerekeye mu myigaragambyo yaturutse ku kutumvikana ku byavuye mu matora ya perezida […]
Abimukira 40 barimo abana n’impinja bapfuye nyuma y’uko ubwato barimo bwarohamye hafi y’inkombe ya Tuniziya ku wa Gatatu nk’uko byemejwe n’inzego z’ubuyobozi. Ubwo bwato bwarohamiye […]
Sanae Takaichi yabaye umugore wa mbere mu mateka y’u Buyapani utorewe kuba Minisitiri w’Intebe, mu gihe benshi bamwita “umugore w’imbaraga zidasanzwe” kubera urugendo rwe rw’ubuzima […]
Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma, mu Karere ka Huye, barishimira umushinga SPARK MicroGrants bavuga ko wabahinduriye imibereho, ukabafasha kwivana mu bukene no gutangira inzira […]
Pope Leo XIV on Sunday canonized seven new saints in a moving ceremony at St. Peter’s Square, marking a historic day for the Catholic Church. […]
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gutuma abafana bamwenyura nyuma yo gutsinda Rutsiro FC ibitego 3-1, mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona y’icyiciro cya mbere […]
Rwanda will host the 2nd Edition of the Land Forces Commanders Symposium (LFCS) in Kigali from October 21 to 22, 2025, the Rwanda Defence Force […]
Ku nshuro ya mbere, Ubwongereza n’agace ka Wales bigiye gutangira gukoresha ku mugaragaro umuti uterwa inshuro nke mu mwaka ugamije kurinda abantu kwandura virusi itera […]
Kimwe mu bizakubwira ko agace ugezemo hakoreramo Ishuri Rikuru cyangwa Kaminuza, ni inzu nyinshi z’abatanga serivisi za ‘papeterie’. Usanga muri iyo nzu hakoreramo bagafotozi, abandika […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS