Modi, Macron…Abasare b’indege
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Faith Kipyegon na Beatrice Chebet bo muri Kenya besheje uduhigo dushya ku Isi mu buryo butangaje mu irushanwa ryo gusiganwa ku magura rya ‘Diamond League’ […]
Elon Musk yatangaje ko agiye gutangiza ishyaka rishya rya politiki, nyuma y’ibyumweru adacana uwaka na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Uyu […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasohoye raporo nshya y’akanama gashinzwe ibijyanye n’ubusabane, yerekana ko umuntu 1 muri 6 ku isi yose ahangayikishwa n’ingaruka […]
Abantu 51 barimo abana 15 bamaze guhitanwa n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi muri leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu, mu […]
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Umunya-Portugal Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Espagne mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nk’uko Polisi yo muri […]
Urukiko rwa Guinée Équatoriale rwakatiye Baltasar Egonga igifungo cy’imyaka 18 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta angana na miliyari imwe y’ama-Francs CFA, […]
Abashinzwe ubutabazi muri Indonesia batangaje ko nibura abantu bane bamaze gupfa naho abandi benshi bakaburirwa irengero mu mpanuka y’ubwato bwarohamye hafi y’ikirwa cya Bali gikunze […]
Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS