• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Nzeri 2025: Abana b’ingagi 40 bazitwa amazina

August 6, 2025 ICK News 0

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 5 Nzeri 2025, ku nshuro ya 20 abana b’ingagi 40 bazitwa amazina, mu muhango […]

U Buyapani: Hiroshima yibutse imyaka 80 ishize iteweho igisasu cya kirimbuzi

August 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, abantu baturutse imihanda y’isi bahuriye i Hiroshima bunamira ibihumbi by’abantu bahitanwe n’igisasu cya kirimbuze cyatewe muri uwo mujyi na Leta Zunze […]

Meya Rangira yabwiye abanya Kirehe ko bashonje bahishiwe

August 6, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe, buratangaza ko mu mwaka wa 2024–2025 hari byinshi bishimira birimo umusaruro abaturage bagezeho ku giti cyabo ndetse n’iterambere rusange ry’aka karere. […]

Abofisiye 2 ba RDF n’abasivile 20 bafunzwe by’agateganyo

August 5, 2025 ICK News 0

Mu itangazo ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwanyujije ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Kanama 2025 , bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa […]

Ubwongereza n’Ubufaransa bari muri gahunda yo kohererezanya abimukira

August 5, 2025 ICK News 0

Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko buzatangira gushyira mu bikorwa amasezerano yo kohereza bamwe mu bimukira binjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, bakoherezwa mu Bufaransa […]

U Rwanda rwemeje ko rugiye kwakira abimukira 250 baturutse muri Amerika

August 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu buryo butubahirije amategeko, nyuma y’uko ibihugu byombi byemeranyije amasezerano yashyizweho umukono […]

Igitaramo ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ kigiye kubera i Muhanga

August 4, 2025 ICK News 0

Igitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival 2025, cyagombaga kuzabera mu Karere ka Rusizi cyimuriwe i Muhanga, ku wa Gatandatu, tariki 9 Kanama 2025 nk’uko byatangajwe […]

RMA yahaye abofisiye 81 impamyabumenyi mu buvuzi no mu bya gisirikare

August 4, 2025 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 4 Kanama, Abasirikare 81 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bari bamaze imyaka ine biga ibijyanye n’ubuvuzi rusange, kubaga […]

Abimukira 68 baguye mu mpanuka y’ubwato ubwo berekezaga muri Arabia Soudite

August 4, 2025 ICK News 0

Ubwato bwari butwaye abimukira 68 bavaga mu gihugu cya Yemen berekeza mu bihugu by’Abarabu bwarohamye mu mazi hapfiramo abantu 68 abandi benshi barakomereka. Aganira na […]

Imirimo yanyu izatume habaho uburambe bukomeye bw’urukundo rw’Imana – Papa Leo abwira SECAM

August 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo wa XIV yohereje ubutumwa mu nama rusange ya 20 y’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi bo muri Afurika no muri Madagascar (SECAM), asabira ko ibiganiro byabo […]

Posts pagination

« 1 … 61 62 63 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS