• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by JEAN MARC DUSINGIZE

Trump arifuza ko Canada, Greenland n’Umuyoboro wa Panama bitegekwa na USA

January 8, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump ashikamye ku cyifuzo cye cy’uko Amerika yakwigarurira Greenland n’Umuyoboro wa Panama, kuko ngo […]

Abarezi bakeneye kumenya inyandiko y’abafite ubumuga bwo kutabona-NUDOR  

January 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Uyu munsi tariki 4 Mutarama 2025, Isi yazirikanye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nyandiko yifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona. Ni inyandiko izwi nka ‘Braille’. Mu […]

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku muvuduko 8.1%

December 17, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyasohoye raporo nshya ku bukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya gatatu cya 2024, igaragaza iterambere rikomeye mu nzego z’ingenzi […]

Iburengerazuba: Amavuriro arashima umusaruro uva mu mikoranire n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi

December 5, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ubuyobozi bw’Ibitaro byo mu Ntara y’Iburengerazuba burashima umusaruro ukomeje kuva mu bufatanye buri hagati yabyo n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ndetse n’Umuryango ‘See you’ Ubu bufatanye […]

Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bikomeje gusuzuma abanyeshuri b’Iburengerazuba

December 3, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Hashize hafi imyaka itatu, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’Umuryango ‘See You’ bakorana mu gufasha abana bari munsi y’imyaka 18 bafite ibibazo by’amaso mu […]

ICK na Unity Club Intwararumuri mu rugendo rwo gushyigikira amatsinda y’Ubumwe n’Ubudaheranwa mu mashuri

November 30, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, Ubuyobozi bwa Club y’Umubwe n’Ubudaheranwa mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryahuguye abarimu n’abanyeshuri bahagarariye izi […]

Red Cross Volunteers Receive Eye Health Training

October 28, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

On Friday, October 25, 2024, Kabgayi Eye Unit Hospital concluded a five-day training program for 12 Red Cross volunteers from across Rwanda, aimed at enhancing […]

Abakorerabushake ba “Croix rouge” bongerewe ubumenyi ku buvuzi bw’amaso

October 25, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Ukwakira 2024 ku Bitaro by’amaso bya Kabgayi (Kabgayi Eye Unit) hasojwe amahugurwa  y’iminsi itanu ku bakorerabushake 12 ba croix […]

Muhanga: EPR Kabadaha yoroje abaturage 110 amatungo magufi

October 11, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, ‘Itorero ry’Aba-Presbyterienne mu Rwanda/ Paruwasi ya Kabadaha ryoroje abaturage 110 bo mu Karere ka Muhanga. Aba […]

‘Light for the World’ na Nyampinga w’Ububiligi bashimye ubuvuzi bw’amaso i Kabgayi

September 11, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 Ibitaro, intumwa z’umuryango nterankunga ukorera mu gihugu cy’Ububiligi ‘Light for the World Belgium’ na Nyampinga w’Ububiligi wa 2024 basoje […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 5 »

AMAKURU MASHYA

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS