• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by JEAN MARC DUSINGIZE

Trump arifuza ko Canada, Greenland n’Umuyoboro wa Panama bitegekwa na USA

January 8, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump ashikamye ku cyifuzo cye cy’uko Amerika yakwigarurira Greenland n’Umuyoboro wa Panama, kuko ngo […]

Abarezi bakeneye kumenya inyandiko y’abafite ubumuga bwo kutabona-NUDOR  

January 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Uyu munsi tariki 4 Mutarama 2025, Isi yazirikanye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nyandiko yifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona. Ni inyandiko izwi nka ‘Braille’. Mu […]

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku muvuduko 8.1%

December 17, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyasohoye raporo nshya ku bukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya gatatu cya 2024, igaragaza iterambere rikomeye mu nzego z’ingenzi […]

Iburengerazuba: Amavuriro arashima umusaruro uva mu mikoranire n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi

December 5, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ubuyobozi bw’Ibitaro byo mu Ntara y’Iburengerazuba burashima umusaruro ukomeje kuva mu bufatanye buri hagati yabyo n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ndetse n’Umuryango ‘See you’ Ubu bufatanye […]

Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bikomeje gusuzuma abanyeshuri b’Iburengerazuba

December 3, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Hashize hafi imyaka itatu, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’Umuryango ‘See You’ bakorana mu gufasha abana bari munsi y’imyaka 18 bafite ibibazo by’amaso mu […]

ICK na Unity Club Intwararumuri mu rugendo rwo gushyigikira amatsinda y’Ubumwe n’Ubudaheranwa mu mashuri

November 30, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, Ubuyobozi bwa Club y’Umubwe n’Ubudaheranwa mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryahuguye abarimu n’abanyeshuri bahagarariye izi […]

Red Cross Volunteers Receive Eye Health Training

October 28, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

On Friday, October 25, 2024, Kabgayi Eye Unit Hospital concluded a five-day training program for 12 Red Cross volunteers from across Rwanda, aimed at enhancing […]

Abakorerabushake ba “Croix rouge” bongerewe ubumenyi ku buvuzi bw’amaso

October 25, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Ukwakira 2024 ku Bitaro by’amaso bya Kabgayi (Kabgayi Eye Unit) hasojwe amahugurwa  y’iminsi itanu ku bakorerabushake 12 ba croix […]

Muhanga: EPR Kabadaha yoroje abaturage 110 amatungo magufi

October 11, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, ‘Itorero ry’Aba-Presbyterienne mu Rwanda/ Paruwasi ya Kabadaha ryoroje abaturage 110 bo mu Karere ka Muhanga. Aba […]

‘Light for the World’ na Nyampinga w’Ububiligi bashimye ubuvuzi bw’amaso i Kabgayi

September 11, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 Ibitaro, intumwa z’umuryango nterankunga ukorera mu gihugu cy’Ububiligi ‘Light for the World Belgium’ na Nyampinga w’Ububiligi wa 2024 basoje […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 5 »

AMAKURU MASHYA

  • RDC: Abagore batwite baratinya kugana ibitaro kubera Ebola

    Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]

  • APR FC igiye gutanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye muri Super Cup

    Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yatangaje ko iyi kipe iri gutegura ikiganiro n’itangazamakuru, aho izatanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye mu irushanwa rya FERWAFA Super […]

  • Mourinho yahishuye impamvu Real Madrid itasinyishije Rodri werekeje muri FC Barcelona

    Umutoza mushya wa Real Madrid, José Mourinho, yavuze ko amakenga no kuzuyaza kwa Rodrigo Hernández “Rodri” ari byo byatumye iyi kipe ihagarika ibiganiro byo kumusinyisha, […]

  • Hakainde Hichilema yatsindiye manda ya kabiri yo kuyobora Zambia

    Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yatsindiye manda ya kabiri yo kuyobora igihugu, nyuma yo kubona amajwi angana na 60% y’ibyavuye mu matora yabaye ku wa […]

  • Urubanza rw’iyicwa rya Tupac rwatangiye, ‘Keffe D’ ashinjwa gutegura igitero cyamuhitanye

    Mu iburanisha ry’ibanze ry’urubanza rw’iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur, ubushinjacyaha bwashinje uwahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, Duane “Keffe D” Davis, kuba ari we […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS