OIP-1.jpg

Twinjire mu mwaka mushya dufite imbaraga nshya-Padiri Prof. Dushimimana

Padiri Prof. Fidèle Dushimimana arasaba abagize umuryango mugari w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) kwinjirana imbaraga nshya mu mwaka mushya wa 2025.

Ni ibikubiye mu butumwa buzosa umwaka wa 2024 yageneye abagize umuryango mugari wa ICK barimo abanyeshuri, abakozi, abafatanyabikorwa n’abandi.

Padiri Prof. Dushimimana ashima byimazeyo abagize umuryango mugari wa ICK ku muhate, ubufatanye n’ubushake bagaragaje muri 2024.

Akomeza avuga ko ibi bihe ari ibyo gusubiza amaso inyuma “tukishimira ibyiza byinshi twagezeho dufatanyije ndetse tukareba n’ibyo duteganya mu bihe biri imbere.”

Kumva ubutumwa bwose, kanda kuri video iri munsi:

https://www.youtube.com/watch?v=HS70-RZF74Q

kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Inkuru z'ukwezi gushize

Ads