Menya ‘Glaucoma’: Indwara y’amaso itera ubuhumyi bwa burundu

Abantu benshi bavuga ko guhuma burundu warigeze kubona kiri mu bintu bibi ndetse bigira ingaruka ku mibereho y’uwatakaje ukubona. Impamvu zo guhuma warigeze kubona ni nyinshi gusa imwe muri zo ni indwara yitwa ‘Glaucoma’ ikunze kwitwa ‘Umujura wa Bucece’ kuko ari indwara umuntu arwara ntabimenye akazisanga igeze aho ishobora kumutera ubuhumyi bwa burundu. Mu kiganiro … Continue reading Menya ‘Glaucoma’: Indwara y’amaso itera ubuhumyi bwa burundu