Abakuru b’Ibihugu bya EAC bategerejwe mu nama ya 25 i Arusha
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bategerejwe mu nama ya 25 isanzwe izabera i Arusha muri Tanzania ku wa 7 Werurwe 2026. Iyi […]
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bategerejwe mu nama ya 25 isanzwe izabera i Arusha muri Tanzania ku wa 7 Werurwe 2026. Iyi […]
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu gihe […]
Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya ubucucike […]
Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagabye igitero kuri Irani mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byemejwe na Perezida Donald Trump […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]
Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi, barimo […]
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye Intore z’Inkomezabigwi gukomeza kuba umusemburu w’impinduka aho batuye no kuguma ku ruhembe mu guteza imbere Igihugu no gusigasira […]
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Burayi bugomba kwiyubaka nk’imbaraga zikomeye mu bya politiki n’umutekano ku rwego mpuzamahanga, ashimangira ko igihe kigeze ngo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS